BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Rwanda: Amasaha y’akazi n’ay’ishuri yahindutse

Rwanda: Amasaha y’akazi n’ay’ishuri yahindutse

admin
Last updated: November 12, 2022 6:58 am
admin
Share
SHARE

 Inama y’abaminisitiri  yateranye kuwa 11 Ugushyingo 2022,iyobowe na Perezida wa Repubulika y’uRwanda,Paul Kagame, yemeje ko amasaha y’akazi mu Rwanda agomba kuba umunani, kakazajya gatangira saa tatu za mu gitondo kagasozwa saa kumi n’imwe z’umugoroba.

Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame

Ni mu gihe amasomo mu ishuri yo ari uguhera saa mbili  n’igice za mu gitondo (8:30 AM) ageze saa kumi n’imwe z’umugoroba(5:00Pm).

Inama y’Abaminisitiri yemeje ko aya mabwiriza agomba gutangira kubahirizwa muri Mutarama 2023, akazagabanya amasaha y’akazi kuko katangiraga saa moya za mu gitondo nko mu nzego za leta ahandi kagatangira saa mbili, kagasozwa saa kumi n’imwe. hatabriyemo isaha y’ikiruhuko.

Hagati ya saa mbil (8h 00 h-9H00) na saa  tatu za mu gitondo abakozi bashobora gukora bifashishije ikoranabuhanga cyangwa bakitabira akazi aho bakorera mu ghe hari impamvu yihutirwa.

iKi cyemezo cyafashwe  hagamijwe guteza imbere ireme ry’uburezi ,kongera umusaruro ukomoka ku kazi no kunoza imibereho myiza y’umuryango.

Serivisi zihabwa abaturage zo zizakomeza gutangwa mu masaha yose y’umunsi.Amabwiriza arambuye ku ishyirwa mu bikorwa  azatangwa na Minisiteri zibishinzwe.

 

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • iganze says:
    November 14, 2022 at 2:00 pm

    Ibi ndabishimye cyane. Nasabaga ko harebwa no kuri gahunda y’amasomo ya Primary. Mbona bidafasha abana, amasomo ni akajagali kenshi cyane, harimo n’ibyashyizwemo bitari ku kigero cy’abana, ku buryo utwana nta kintu tugifata mu mutwe, baribagirwa cyane, biteye ubwoba. Ababizobereyemo baturebere aho bipfira nabyo bikosorwe.
    Abana ntibagira igihe cyo gukina, ibigo byinshi nta n’aho gukinira kuko bahateye ubusitani batemerewe gukiniramo, ntibahabwa umwanya wo kuririmba,… Ibi bintu ni ibiki koko????????.
    Abarimu nabo gahunda y’amasomo ishobora kuba icucitse ntibashobore gutegura neza, umusaruro nta kuntu waba mwiza.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yageze muri Guinea-…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC : Umusirikare wa FARDC yasabiwe igihano cy’imyaka 10 azira amafoto yasakaye ku karubanda asomana n’umukunzi we

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?