BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Rwanda: Abantu bane bishwe n’Impanuka mu minsi ibiri ya Noheli

Rwanda: Abantu bane bishwe n’Impanuka mu minsi ibiri ya Noheli

admin
Last updated: December 27, 2022 5:28 pm
admin
Share
SHARE

Polisi y’Igihugu yatangaje ko  abantu bane ari bo bishwe n’impanuka mu  bice bitandukanye by’Igihugu hagati yo ku munsi wa Noheli no ku munsi ukurikiyeho(Boxing day).

CP Kabera yavuze ko mu minsi ibiri ya Noheli hari abafashwe batwaye basinze

Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu,CP John Bosco Kabera, yatangaje ko  impanuka ebyiri zikomeye zabereye mu Burasirazuba ari za moto mu gihe izindi ebyiri zabaye mu Ntara y’Amajyaruguru ari moto n’imodoka.

Ni mu gihe abagera kuri 46 bafashwe batwaye ibinyabiziga basinze.

CP Kabera yatangaje ko mu ijoro ryo kuwa 24 rishyira 25, abagera kuri 20 bafashwe batwaye ibinyabiziga basinze .Ni mu gihe mu ijoro ryo kuwa 25 na 26 abantu  makumyabiri na batandatu a(26)  bafashwe batwaye ibinyabiziga basinze.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuyobozi wa Polsi ushinzwe umutekano wo mu muhanda,ACP Gerard Mpayimana, yatangaje ko mu rwego rwo kwirinda impanuka no gufasha Abanyarwanda gusoza umwaka neza,Polisi izakaza umutekano wo mu muhanda.

Yagize ati” Polsi ishinzwe umutekano wo mu muhanda yiteguye gufasha Abanyarwanda kurangiza umwaka wa 2022, mu kugabanya impanuka zo mu muhanda. “

Yaburiye abatwara ibinyabiziga basinze , avuga kandi ko mu mihanda  hagiye kuzashyirwa za cameras mu rweo rwo kugabanya impanuka.

Ubusanzwe uwafashwe atwaye ikinyabiziga yasinze, ahanishwa gucibwa amande angina 150.000frw kandi ikinyabiziga cye cyigafatirwa icyumweru.

IVOMO:The NEWTIMES

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?