BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 12, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Rwabugiri Omar ashobora gusubira muri Mukura VS

Rwabugiri Omar ashobora gusubira muri Mukura VS

admin
Last updated: September 15, 2022 1:06 pm
admin
Share
SHARE

Umunyezamu, Rwabugiri Omar uheruka muri Police FC, ashobora gusubira mu ikipe ya Mukura Victory Sport et Loisir yamukoreye izina.

Rwabugiri Omar ashobora kwisanga muri Mukura VS

Ikipe ya Mukura VS ikomeje kuganira n’abakinnyi izagura mu gihe yazaba yemerewe kongera guhabwa ubwo burenganzira n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA.

Amakuru UMUSEKE wamenye, avuga ko bamwe mu bakinnyi bivugwa bashobora kuzerekeza muri iyi kipe, harimo n’umunyezamu, Rwabugiri Omar uyiherukamo mu 2019 nyuma yo kuyihesha igikombe cy’Amahoro.

Uyu munyezamu yari yatandukanye na Mukura mu 2019 ari nabwo yahita yerekeza muri APR FC yamazemo imyaka ibiri, agahita ajya muri Police FC yari amazemo umwaka umwe.

Mu mwaka umwe yari amaze muri iyi kipe y’Igipolisi, yakinnyemo imikino myinshi habariwemo iya shampiyona n’iya gicuti.

Rwabugiri yazamukiye mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya APR FC, ahava ajya muri Musanze FC, ari naho yavuye ajya muri Mukura VS.

Mu minsi ishize akiri muri APR FC, uyu munyezamu yahamagawe mu ikipe y’Igihugu Amavuvi ariko ntiyabasha kubona umwanya wo gukina.

Rwabugiri yaganira n’ikipe yose kuko ntayindi afite

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020…

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

Ishami rya ONU ryita ku bana ryatangaje ko “ribabajwe kandi rishenguwe n’urupfu…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru zindi

MONUSCO na ICGLR byagiye gusuzuma uko umutekano uhagaze muri Uvira

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC : Umusirikare wa FARDC yasabiwe igihano cy’imyaka 10 azira amafoto yasakaye ku karubanda asomana n’umukunzi we

2 Min Read
Inkuru zindi

RDC: Imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’ubwato yigaragambije

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC: Perezida Tshisekedi yategetse iperereza ku mpanuka y’ubwato

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?