BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Aug 3, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubuzima > Rutsiro: Umusaza w’imyaka 76 yakubiswe n’inkuba arapfa

Rutsiro: Umusaza w’imyaka 76 yakubiswe n’inkuba arapfa

sam
Last updated: July 8, 2025 9:20 am
sam
Share
SHARE

Mu ijoro ryo ku wa 7 Nyakanga 2025 , Hitimana Aloys w’imyaka 76 yakubiswe n’inkuba arapfa

Ibi byabereye mu murenge wa Murunda mu kagari ka Mburamazi ,umudugudu wa Rukingu mu karere ka Rutsiro.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Murunda, Mukamana Jeanette, yahamije iby’aya makuru aboneraho no gusaba abaturage kugira imirindankuba ku nzu zabo.

Ati “Nibyo koko Hitimana wari ufite imyaka 76 yapfuye nyuma gukubitwa n’inkuba mu Kagari ka Mburamazi. Bikimara kuba abaturage bagerageje gutabara ariko ntibyagira icyo bitanga”.

MINEMA isaba abaturage gukaza ingamba zo kwirinda inkuba zirimo kwirinda kugama munsi y’ibiti, kugira imirindankuba, kwirinda kujya mu bidendezi by’amazi igihe imvura iri kugwa, kwirinda gukoresha telefoni n’ibindi bikoresho by’amashanyara,I mu gihe cy’imvura

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ibinini bizafasha abagabo kuboneza urubyaro byatangiye kugeragezwa

Nyuma y'uburyo bwari busanzweho bwo kuboneza urubyaro ku bagabo, nko gukoresha agakingirizo…

Perezida wa Kenya n’uwo yasimbuye bigeze kugirana umubano urimo igitotsi bagaragaye batemberana bishimye

Perezida William Ruto wa Kenya yatangaje ko yishimiye gutembereza mu Biro by’Umukuru…

Gicumbi: Polisi yafashe abantu batanu bahungabanyaga umutekano

Polisi ikorera mu Murenge wa Cyumva mu Karere ka Gicumbi k bufatanye…

Inteko Ishinga mategeko y’u Rwanda wamaganiye kure amagambo ya Vital Kamerhe

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yamaganye imvugo za Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko…

Protais Mitali wabaye muri guverinoma y’u Rwanda yitabye Imana

Protais Mitali wigeze kuba Minisitiri w’Umuco na Siporo, yitabye Imana aguye mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubuzima

U Rwanda rugiye gutangiza ibitaro 10 bya Kaminuza mu Ntara

1 Min Read
Ubuzima

Umuti witwa Relief wahagaritswe ku isoko ry’u Rwanda

1 Min Read

Amavubi yahamagaye 25 bazakina imikino ibiri ya gicuti

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?