BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Rusizi: Umukecuru yakubiswe ubuhiri mu mutwe

Rusizi: Umukecuru yakubiswe ubuhiri mu mutwe

admin
Last updated: September 13, 2022 7:45 pm
admin
Share
SHARE
Ahari umutuku ni mu Karere ka Rusizi

Madamu Console w’imyaka 81 y’amavuko yakubiswe ubuhiri mu mutwewe ahita apfa, harakekwa umukobwa we babanaga.

Ibi byabaye ahagana saa sita z’amanywa kuri uyu wa kabiri tariki 13 Nzeri, 2022 mu Mudugudu wa Ramiro, mu Kagari ka Shara, mu Murenge wa Muganza ho mu Karere ka Rusizi.

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Muganza bwabwiye UMUSEKE ko umukobwa w’uyu mukecuru ufite imyaka 48, akaba afite uburwayi bwo mu mutwe, bikekwa ko ari we wishe nyina umubyara amukubise ubuhiri mu mutwe.

Ngirabatware James uyobora Umurenge avuga ko nta makimbirane adasanzwe bombi bari bafitanye.

Yagize ati “Yakubise umubyeyi we ubuhiri mu mutwe ahita yitaba Imana, ntabwo ari amakimbirane adasanzwe, uwo muntu afite uburwayi bwo mu mutwe.”

Yasabye abaturage ko mu gihe bafite umuntu ufite cyangwa ukekwaho uburwayi bwo mu mutwe bakwiriye kumugeza kwa muganga agasuzumwa maze akitabwaho.

Umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa ku bitaro bya Mibirizi gukorerwa isuzuma mbere yo gushyingurwa.

MUHIRE DONATIEN / UMUSEKE.RW i Rusizi

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?