BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Rubavu: Igisubizo Entertaining Awards igiye kuba ku nshuro ya kabiri

Rubavu: Igisubizo Entertaining Awards igiye kuba ku nshuro ya kabiri

admin
Last updated: July 27, 2022 2:27 pm
admin
Share
SHARE

Abategura ibihembo n’amarushanwa ya Igisubizo Entertaining batangaje ko bigiye kongera kuba ku nshuro ya kabiri.

Mahoro Clement umuyobozi wa Igisubizo Entertaining Arts 

Mahoro Clement umuyobozi wa Igisubizo Entertaining Arts yabwiye UMUSEKE ko kuri iyi nshuro rifite umwihariko n’udushya twinshi.

Usibye ibihembo bizatangwa ,aba basanzwe bategura iserukiramuco ryitwa Kivu Culture Festival bateguye n’ijoro bise Igisubizo Super Nights.

Clement avuga ko batangiye kwandika abazahatana muri “Igisubizo Talents Detection” mu mpano nshya mu muziki n’urwenya.

Uwifuza guhatana yohereza umwirondoro wa nyawo, amazina akoresha mu buhanzi, ifoto, amashusho aririmba ndetse n’imbuga nkoranyamabaga ze kuri [email protected] no kuri watsap 0785832785.

Guhitamo abazahatana muri iyi Talents Detection bizatangira kuva kuwa ku ya 05-26 Kanama 2022 ni mu gihe kwiyandikisha bizafungwa kuwa 03 Kanama.

Iki cyiciro kizakorerwa ku mbuga nkoranyambaga(online) ndetse n’imbonankubone (Live performance.)

Icyiciro cy’abo mu ruganda rw’imyidagaduro bakunzwe kurusha abandi muri Rubavu kizatangira muri Nzeri 2022.

Gutora muri Igisubizo Entertaining Awards bizatangira kuwa 01 kugeza ku ya 30 Nzeri 2022. Bizabera kuri murandasi (Internet).

Irushanwa ry’Igisubizo Entertaining Awards rizasozwa muri Weekend y’amateka yiswe Igisubizo Super Weekend.

Kuya 01 Ukwakira mu ijoro rya mbere hazaba umuhango wo gutanga ibihembo ku begukanye Igisubizo Talents Detection naho ku ya 02 Ukwakira hazaba igitaramo kizaba cyiganjemo abahanzi n’abanyarwenya bakomeye mu Rwanda.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • Aime kabrain says:
    July 27, 2022 at 8:17 pm

    Nturabyishimiye

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko igihe kigeze ngo…

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Imyidagaduro

Umusizi Saranda ari mu gahinda ko gupfusha mama we

1 Min Read
Imyidagaduro

Suède: Element agiye guhurira mu gitaramo na Kizz Daniel

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?