BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > RIB yemeje ko yataye muri yombi Bishop Gafaranga

RIB yemeje ko yataye muri yombi Bishop Gafaranga

sam
Last updated: May 8, 2025 6:40 am
sam
Share
SHARE

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwemeje ko rwataye muri yombi Habiyarembye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga akurikiranyeho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina.

Ni amakuru yahamijwe n’Umuvugizi w’uru rwego , Dr Murangira B Thierry avuga ko uyu mugabo yatawe muri yombi ku wa 7 Gicurasi 2025.

Bishop Gafaranga yamenyekanye cyane mu 2023 ubwo yavugwagaho kwishyura abasaza ngo bamusabire umugeni. Ni ubukwe butavuzweho rumwe mu itangazamakuru by’umwihariko iritangazamakuru ajyanye n’iyobokamana.

Yanamenyekanye kandi ubwo yashishikarizaga abantu kuyoboka Tom Transfers yagurishaga imodoka.

Icyakoze ntiyahiriwe kuko mu modoka zirenga ebyiri yari afite muri Tom Transfers, imwe yari imwanditseho itamwanditseho yayambuwe mu mukwabo wabaye wo kwambura imodoka abo zitanditseho.

Kuri ubu afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Nyamata mu gihe iperereza rigikomeje.”

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

 U Bufaransa bwahagaritse iperereza bwakoraga kuri Agathe Kanziga

4 Min Read
Ubutabera

Ubushinjacyaha bwasabiye Fatakumavuta guhanishwaa igifungo cy’imyaka icyenda

2 Min Read
Ubutabera

DRC: Umusirikare warasiye mu rusengero abantu batatu  barimo ‘umwana w’amezi 4’ yagejejwe imbere y’ubutabera.

2 Min Read
Ubutabera

Umugabo akurikiranweho kwica umwana we w’imyaka 11

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?