BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Ubuzima bwagarutse nyuma y’imyigaragambyo yamagana MONUSCO

RDC: Ubuzima bwagarutse nyuma y’imyigaragambyo yamagana MONUSCO

admin
Last updated: July 28, 2022 12:33 pm
admin
Share
SHARE

Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ubu ibintu byasubiye mu buryo by’umwihariko mu Mujyi wa Goma n’i Beni  nyuma y’imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana Ingabo z’umuryango w’Abibumbye MONUSCO muri icyo gihugu.

Abigaragambyaga bavugaga ko badashaka MONUSCO mu gihugu cyabo

Imyigaragambyo yahereye  mu Mujyi wa Goma Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kuwa 25 Nyakanga 2022, ikomeza no ku munsi wa gatatu ku wa 27 Nyakanga 2022, mu gitondo cya kare, muri Goma na Beni. Icyo gihe abigaragambya bateye ibiro  ya MONUSCO ndetse baranabisahura ari nako imihanda ifungishwa amabuye.

Nyuma y’iyo myigaragambyo yanenzwe bikomeye n’umuryango w’Abibumbye, UN, kuri ubu mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Mujyi wa Goma, ubuzima bwagararutse muri gurupema Mubambino muri teritwari ya Masisi  no mu gace ka Beni.

Ni imyigaragambyo yari yitabiriwe n’urubyiruko rwiganjemo abamotari  ho basabaga ko MONUSCO yabavira mu gihugu kuko mu myaka isaga 22 nta musaruro yatanze.

Kugeza ubu mu bice bikorerwamo na MONUSCO umutekano wakajijwe ndetse kugeza ubu mu mihanda hari urujya n’uruza.

Iyi myigaragambyo mu Mujyi wa Goma muri teritwari ya Rutshuru yabereye mu duce twa Rwindi,Nyamilima. Naho muri twritwari ya Nyiragongo ni Munigi ,Kanyabayonga muri Lubero ndetse no muri Beni na Butembo.

Muri utu duce hakaba hakajijwe umutekano mu rwego rwo kurinda abayobozi ndetse n’abakozi ba LONI.

Radio Okapi yatangaje ko  iyi myigaragambyo imaze kugwamo abantu 15 n’abandi 60 bakomeretse  bahunga.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

3 Min Read
Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?