BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Ubuzima bwagarutse nyuma y’imyigaragambyo yamagana MONUSCO

RDC: Ubuzima bwagarutse nyuma y’imyigaragambyo yamagana MONUSCO

admin
Last updated: July 28, 2022 12:33 pm
admin
Share
SHARE

Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ubu ibintu byasubiye mu buryo by’umwihariko mu Mujyi wa Goma n’i Beni  nyuma y’imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana Ingabo z’umuryango w’Abibumbye MONUSCO muri icyo gihugu.

Abigaragambyaga bavugaga ko badashaka MONUSCO mu gihugu cyabo

Imyigaragambyo yahereye  mu Mujyi wa Goma Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kuwa 25 Nyakanga 2022, ikomeza no ku munsi wa gatatu ku wa 27 Nyakanga 2022, mu gitondo cya kare, muri Goma na Beni. Icyo gihe abigaragambya bateye ibiro  ya MONUSCO ndetse baranabisahura ari nako imihanda ifungishwa amabuye.

Nyuma y’iyo myigaragambyo yanenzwe bikomeye n’umuryango w’Abibumbye, UN, kuri ubu mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Mujyi wa Goma, ubuzima bwagararutse muri gurupema Mubambino muri teritwari ya Masisi  no mu gace ka Beni.

Ni imyigaragambyo yari yitabiriwe n’urubyiruko rwiganjemo abamotari  ho basabaga ko MONUSCO yabavira mu gihugu kuko mu myaka isaga 22 nta musaruro yatanze.

Kugeza ubu mu bice bikorerwamo na MONUSCO umutekano wakajijwe ndetse kugeza ubu mu mihanda hari urujya n’uruza.

Iyi myigaragambyo mu Mujyi wa Goma muri teritwari ya Rutshuru yabereye mu duce twa Rwindi,Nyamilima. Naho muri twritwari ya Nyiragongo ni Munigi ,Kanyabayonga muri Lubero ndetse no muri Beni na Butembo.

Muri utu duce hakaba hakajijwe umutekano mu rwego rwo kurinda abayobozi ndetse n’abakozi ba LONI.

Radio Okapi yatangaje ko  iyi myigaragambyo imaze kugwamo abantu 15 n’abandi 60 bakomeretse  bahunga.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
Mu mahanga

Gisagara: Abantu batatu bafunzwe bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi

1 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?