BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Indege yari itwaye imizigo yabuze

RDC: Indege yari itwaye imizigo yabuze

admin
Last updated: September 12, 2022 11:44 am
admin
Share
SHARE

Indege ya Antonov 28 yarimo abantu batatu n’imizigo yaburiwe irengero nyuma yo guhaguruka ku kibuga cy’indege cya Kavumu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ikibuga cy’indege cya Kavumu i Bukavu

Iyi ndege yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Kavumu i Bukavu ku wa 10 Nzeri 2022 yerekeza Kasese mu Ntara ya Maniema

Yabuze imaze igihe kingana n’isaha mu kirere yerekeza muri kariya gace yari yerekejemo.

Iyi ndege ntabwo yigeze igera iyo yerekezaga ndetse nta n’amakuru mashya agaragaza icyerekezo yaba iherereyemo.

Amakuru aturuka ku kibuga cy’indege cya Kavumu avuga ko yari itwaye ibicuruzwa irimo abakozi batatu.

Gushakisha iyi ndege birakomeje n’ubwo bikomeje gukomwa mu nkokora n’ibihe by’ikirere bitameze neza.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Gasabo: Polisi yafashe abateka bakanagurisha kanyanga abaturage

Polisi ikorera mu Murenge wa Ndera n'uwa Rusororo ndetse n'uwa Gikomero yo…

Leta y’u Bushinwa igiye kujya iha ababyeyi 500 $ ku mwana mu rwego rwo kuzamura imbyaro

Ababyeyi mu Bushinwa bagiye kujya bahabwa 3,600 yuan (ni 500$ cyangwa arenga…

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

Minisiteri ya Siporo yatangaje ko itigeze ihagarika amatora ya Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira…

RDF yashimiye abasirikare batangiye ikiruhuko cy’izabukuru

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasezeye ku basirikare bageze ku myaka y’ikiruhuko…

Inyeshyamba za AFC / M23 zikomeje kwigarurira aduce muri teritwari ya Masisi, mu majyaruguru ya Kivu.

Abarwanyi b'umutwe wa M23 bigaruriye uduce dukomeye twa Ngululu na Ndete, muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Hagiye kuba inama Yiga Uko Isi Yose Yakwemera Leta Ya Palestine nk’igihugu

3 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yanenze Radio Okapi n’ibindi bitangazamakuru bibogamira ku nkuru ziyisebya 

3 Min Read
Mu mahanga

Nigeria yiyongereye mu bihugu byifuza kwakira Formula One

1 Min Read
Mu mahanga

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?