BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Impanuka ikomeye yahitanye abasaga 13

RDC: Impanuka ikomeye yahitanye abasaga 13

admin
Last updated: September 5, 2022 10:15 pm
admin
Share
SHARE

Ababarirwa muri 13 ni bo baguye mu mpanuka y’imodoka yavaga i Kongolo yerekeza muri Teritwari ya Nyunzu, mu Ntara ya Tanganyika.

Iyo kamyo yari itwaye ibicuruzwa hejuru yayo hari hicaye abantu benshi, abagera ku 9 bakomeretse bikomeye.

Radio Okapi yatangaje ko yabaye ku cyumweru tariki 04 Nzeri, yatewe n’ikamyo nini yari itwaye ibicuruzwa yacitse feri iri muri uwo muhanda ufatwa nk’umwe mu icibwamo n’ibinyabiziga byinshi.

Umuyobozi wungirije wa Teritwari ya Nyunzu yatangaje ko iyo mpanuka yaguyemo abakobwa 9 n’abahungu 4.

Abakomeretse bikomeye bari mu bitaro bikuru bya Nyunzu aho bari kwitabwaho n’inzego z’ubuzima.

Minisitiri w’ubwikorezi w’intara ya Tanganyika yari yabujije gutwara abagenzi hejuru y’amakamyo aremerewe n’ibicuruzwa kugira ngo abantu barokore ubuzima bwabo mu gihe habaye impanuka nyinshi zikunze kuba muri iyo Ntara.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
Mu mahanga

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Mu mahanga

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?