BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 21, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: ADF yishe abantu 50 mu cyumweru kimwe

RDC: ADF yishe abantu 50 mu cyumweru kimwe

admin
Last updated: March 21, 2026 5:51 pm
admin
Share
SHARE

Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage 50 bo muri teritwari ya Mambasa, intara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva tariki ya 9 kugeza ku ya 15 Werurwe 2026.

Ku wa 20 Werurwe, sosiyete sivili ikorera muri Ituri yatangaje ko hagati y’ayo matariki, uyu mutwe wishe abaturage 35 mu gace ka Muchacha, wica abandi 15 muri Babesua, utwika inzu nyinshi, usahura n’imitungo.

Iyi sosiyete sivili yatangaje ko abaturage bo mu midugudu myinshi ikoze ku muhanda munini wa ‘RN4’ bahungiye muri santere ya Mambasa na Niania kandi ko babayeho nabi kubera ko ibikorwa byabatungaga birimo ubuhinzi n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro byahagaze.

Yasabye Leta ya RDC kwita ku mutekano wo muri Ituri no ku baturage bari mu kaga, igashyira imbaraga mu kurwanya ADF nk’uko irwanya ihuriro AFC/M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.
Iti “Leta ya RDC ikwiye kwihutira gukemura ikibazo cy’umutekano muri Ituri nka Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo kibangamiye ubuyobozi bwa Leta, igakora ibikorwa byagutse kuri ADF, ikanafasha abaturage ba Mambasa bari mu kaga.”

Raporo zitandukanye zirimo izitegurwa n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi (OCHA), zigaragaza ko ADF iza ku isonga mu mitwe yica abaturage benshi muri RDC.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Trump yaciye amarenga yo guhagarika ibitero kuri Iran vuba

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaciye amarenga ko…

Trump yatangaje ko America ishaka kuganira na Iran ariko ko ikibazo ari kimwe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump, yavuze iki Gihugu…

M23 yateye utwatsi ibyo kuvana ingabo i Bukavu

Umutwe wa AFC/M23 wabeshyuje inkuru z’uko wasabye ingabo zawo ziri mu mujyi…

RDC: ADF yishe abantu 50 mu cyumweru kimwe

Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage 50 bo muri teritwari ya Mambasa,…

Kenya: Abakora mu by’indege bateguje indi myigaragambyo

Ihuriro ry’abakora muri serivisi z’indege muri Kenya (KAWU) ryatangaje ko abanyamuryango baryo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Sudan: RSF yishe abarenga 17, isiga abarenga 120 bakomeretse

2 Min Read
Mu mahanga

DRC: Abadepite bo muri Kivu ya Ruguru barataka ubukene kubera kudahembwa

1 Min Read
Mu mahanga

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

1 Min Read
Mu mahanga

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?