BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rayon Sports yinjije rutahizamu ukomoka muri Mali n’umunyezamu wakiniraga Yanga SC

Rayon Sports yinjije rutahizamu ukomoka muri Mali n’umunyezamu wakiniraga Yanga SC

admin
Last updated: August 18, 2022 10:37 am
admin
Share
SHARE

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha abakinnyi babiri, umwe ukomoka muri Mali n’undi ukina mu izamu ukomoka muri Tanzania.

Ramadhani Kabwili imyirondoroye kuri Internet igaragaza ko afite imyaka 21

Mu masaha y’ijoro ku wa Gatatu nibwo Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije umukinnyi Boubacar Traore ukomoka muri Mali.

Boubacar Traore ni rutahizamu wakiniye amakipe arimo Adana Demirspor yo muri Turukiya, na FC Zimbru Chișinău yo mu gihugu cy’I Burayi bw’Iburasirazuba kitwa Moldova.

Rayon Sports yamuhaye amasezerano yo kuyikinira umwaka umwe.

Iyi kipe ikomoka i Nyanza yanasinyishije umunyezamu witwa Ramadhan Kabwili imukuye muri Yanga SC, na we yasinyishijwe umwaka umwe.

Ramadhani Kabwili imyirondoroye kuri Internet igaragaza ko afite imyaka 21, akaba yaravutse tariki 11 Ukuboza, 2000. Yavukiye mu Mujyi wa Dar es Salaam.

Umukinnyi Boubacar Traore ukomoka muri Mali ubu ni uwa Rayon Sports

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?