BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jul 19, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rayon Sports yinjije rutahizamu ukomoka muri Mali n’umunyezamu wakiniraga Yanga SC

Rayon Sports yinjije rutahizamu ukomoka muri Mali n’umunyezamu wakiniraga Yanga SC

admin
Last updated: August 18, 2022 10:37 am
admin
Share
SHARE

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha abakinnyi babiri, umwe ukomoka muri Mali n’undi ukina mu izamu ukomoka muri Tanzania.

Ramadhani Kabwili imyirondoroye kuri Internet igaragaza ko afite imyaka 21

Mu masaha y’ijoro ku wa Gatatu nibwo Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije umukinnyi Boubacar Traore ukomoka muri Mali.

Boubacar Traore ni rutahizamu wakiniye amakipe arimo Adana Demirspor yo muri Turukiya, na FC Zimbru Chișinău yo mu gihugu cy’I Burayi bw’Iburasirazuba kitwa Moldova.

Rayon Sports yamuhaye amasezerano yo kuyikinira umwaka umwe.

Iyi kipe ikomoka i Nyanza yanasinyishije umunyezamu witwa Ramadhan Kabwili imukuye muri Yanga SC, na we yasinyishijwe umwaka umwe.

Ramadhani Kabwili imyirondoroye kuri Internet igaragaza ko afite imyaka 21, akaba yaravutse tariki 11 Ukuboza, 2000. Yavukiye mu Mujyi wa Dar es Salaam.

Umukinnyi Boubacar Traore ukomoka muri Mali ubu ni uwa Rayon Sports

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Rubavu: Umugore afunzwe akekwaho kwica umugabo we

Umugore wo mu Karere ka Rubavu afunzwe akekwaho kwica umugabo we w’imyaka…

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Perezida w’ikipe ya AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo…

RDC na M23 basinyanye amasezerano aganisha ku mahoro arambye

Intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’iz’umutwe wa…

Shema Ngoga Fabrice yatanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA

Shema Ngoga Fabrice usanzwe uyobora AS Kigali yatanze kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe…

RDC: Umudepite yatabarije impunzi z’ Abanyekongo ziri mu Burundi ko ubuzima bwazo buri mu kaga

Umudepite uhagarariye Intara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Uhagarariye Uganda i Kinshasa yahamagajwe gusobanura iby’ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
Imikino

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

2 Min Read
Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?