BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rayon Sports vs APR: Hari abazasabwa kwishyura ibihumbi 100

Rayon Sports vs APR: Hari abazasabwa kwishyura ibihumbi 100

admin
Last updated: December 14, 2022 11:16 am
admin
Share
SHARE

Mbere y’iminsi mike ngo ikipe ya Rayon Sports yakire APR FC mu mukino w’umunsi wa 14 wa shampiyona, ibiciro byamaze kumenyekana.

Abifuza kuzareba umukino wa Rayon Sports na APR FC barasabwa kuzateganya amafaranga atari y’ibihumbi 5 Frw

Ni umukino uteganyijwe kuzakinwa ku wa Gatandatu tariki 17 Ukuboza, kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo Saa Cyenda z’amanywa.

Ibiciro byo kwinjira kuri uyu mukino, byagizwe ibihumbi 5 Frw ahasigaye hose, ibihumbi 10 Frw ahatwikiriye, ibihumbi 30 Frw mu cyubahiro (VIP) n’ibihumbi 100 Frw mu cyubahiro cy’ikirenga (V.VIP).

Aya makipe asanzwe ari amakeba, asanzwe ahuruza imbaga nyamwinshi, cyane ko anafite abakunzi benshi.

Uyu mukino ugiye kuba, ikipe ya Rayon Sports ari iya mbere n’amanota 28, mu gihe APR FC iri ku mwanya wa gatatu n’amanota 24.

Bisobanuye ko iya mbere n’itsindwa izaba yishyize ku gitutu cyane, ariko n’iya gatatu n’itsindwa izakomeza gusigwa cyane.

Abakunzi ba Rayon Sports bamenye ibiciro byo kuzinjira ku mukino ikipe yabo izaba yakiriye APR FC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Pingback: Perezida wa Rayon yamaganye amarozi, ruswa n’abasifuzi “bashyize inda imbere” – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?