BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jun 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Putin yongeye gukanga amahanga kubera ubushobozi bw’intwaro kirimbuzi afite

Putin yongeye gukanga amahanga kubera ubushobozi bw’intwaro kirimbuzi afite

sam
Last updated: June 12, 2025 10:26 am
sam
Share
SHARE

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yongeye kwigamba ubushobozi bw’u Burusiya mu bijyanye n’intwaro kirimbuzi, avuga ko ari iza mbere ku Isi mu kuba nyinshi no kugira ikoranabuhanga rigezweho.
Uyu muyobozi yavuze ko nibura hejuru ya 95% by’intwaro kirimbuzi z’u Burusiya, zose zamaze kuvugururwa, ubu zikaba zifite ikoranabuhanga rigezweho.

Yashimangiye kandi uruhurirane rw’intwaro kirimbuzi rw’u Burusiya, rufite intwaro nyinshi kandi zifite ubushobozi buhambaye, ku buryo bituma u Burusiya buza ku mwanya wa mbere ku Isi mu kugira intwaro kirimbuzi zifite ikoranabuhanga rigezweho.

Uru ruhurirane rurimo intwaro zirasirwa ku butaka, izirasirwa mu mazi n’izirasirwa mu kirere.

Ibi byari biherutse kugarukwaho n’umwe mu basirikare bakomeye ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika, General Anthony Cotton, wavuze ko “u Burusiya bufite intwaro kirimbuzi nyinshi kandi zigezweho mu bubiko bwazo, kurusha ikindi gihugu cyose ku Isi.”

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’

Ingabo z’u Burusiya zashyizeho itsinda ry’Igisirikare ryihariye, rishinzwe gukoresha ’drones’ no gukurikirana…

RDC: Abantu 32 baguye mu mpanuka y’ubwato

Abantu babarirwa muri 32 baguye mu mpanuka y’ubwato bubiri bwari butwaye abagenzi…

Amajyaruguru: Abakora n’abacuruza inzoga z’inkorano bahagurukiwe

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yatangaje ko iyo ntara n’iy’Iburengerazuba zigiye guca…

Israel yivuganye abasirikare  bakuru ba Iran mu gitero simusiga yabagabyeho

Kuri uyu wa Gatanu mu masaha y'urukerera, Israel yagabye igitero gikomeye kuri…

Umwongereza ukomoka mu Buhinde niwe  niwe mugenzi wenyine  warokotse impanuka y’ indege ya AirIndia

Umugabo w'Umwongereza ukomoka mu Buhinde yagenze n'amaguru ava mu bisigazwa by'indege ya…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

U Buhinde: Indege yari itwaye abagenzi 244 yakoze impanuka

1 Min Read
Mu mahanga

Burundi: CNDD-FDD yihariye imyanya yose y’Inteko ishingamategeko

2 Min Read
Mu mahanga

Afurika y’Epfo: Imodoka itwara abanyeshuri yatwawe n’umwuzure iburirwa irengero

1 Min Read
Mu mahanga

Gen Muhoozi yategetse ko Col James Kasule ushinjwa ubujura arekurwa

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?