BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Pilato ukora umuziki wa Byendagusetsa yinjiye no muri Sinema

Pilato ukora umuziki wa Byendagusetsa yinjiye no muri Sinema

admin
Last updated: January 5, 2023 12:44 pm
admin
Share
SHARE

Umuhanzi Pilato ukora indirimbo za Byendagusetsa yatangaje ko yinjiye no mu mwuga wa Comedy aho amaze gukora filime zitandukanye harimo niyo yise Online love izaba ari uruhererekane.

Pilato wakoraga uwenya aririmba azajya abikora no muri Sinema

Musinga Didier umuhanzi nyarwanda uzwi ku izina rya Timeless Pilato yinjira mu muziki yatangaje ko we azanye umwihariko wo gukora indirimbo z’urwenya. Icyo gihe yahereye ku yitwa ‘Ubugali.’

Ubu yinjiye no muri Sinema umwuga avuga ko nawo yari afite gahunda yo kuwinjiramo ariko abanza kubiha igihe bitewe n’akandi kazi yari ahugiyemo.

Ati “Impamvu nakoze filime za Comedy ni uko nabonye ko gusetsa ari ibintu bindimo niba narakoze indirimbo za Byendagusetsa ni gute muri filime byananira? Ikindi kandi buriya ndi umuntu ukunda gusetsa abantu niyo ari mu buzima busanzwe rero mba ngomba gutangatanga impande zose kugirango mbongerere iminsi yo kubaho.”

Muri Filime yatangiye gushyira ku rubuga rwe rwa You tube yise ‘Timeless Comedy’ harimo iyitwa Online Love yakoreshejemo abakinnyi bazwi nka Regis {Afande}, Alia na Nyabitanga hamwe n’indi yise ‘Little man’ ikinwamo na Nzovu.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Bongwa Beatrice says:
    January 6, 2023 at 11:40 am

    Didier we! Unshekeje ntaranasoma cyanga ngo numve ibyo wanditse cyanga uririmba! Ariko va ku izina lya Pilato ejo utazarizira. Umukinnyi wawe Regis nawe umushakire irindi zina aho kumwita Afande. ngirango uzi Afande uwo ariwe – n’ubwo atari ikinyarwanda kandi rikaba lyibutsa abanyarwanda ibihe bigoranye. Ariko Didier yatumye imbavu zanjye zitonekara aho yibukije “ubugali” bwavuzwe n’abaformata abana ba rubanda. Gusa nibutse ko Didier yavuze “ubugali” mbere yuko uwamennye ibanga lyo guformata abishyize hanze. Didier we! Tera imbere!

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

2 Min Read
Imyidagaduro

Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?

2 Min Read
Imyidagaduro

Ibyamamare Lewis Hamilton na Kim Kardashian baravugwa mu munyenga w’urukundo

2 Min Read
Imyidagaduro

Yampano yakiriye agakiza, ateguza ubukwe n’umukunzi we ‘baruhanye’

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?