BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Pilato ukora umuziki wa Byendagusetsa yinjiye no muri Sinema

Pilato ukora umuziki wa Byendagusetsa yinjiye no muri Sinema

admin
Last updated: January 5, 2023 12:44 pm
admin
Share
SHARE

Umuhanzi Pilato ukora indirimbo za Byendagusetsa yatangaje ko yinjiye no mu mwuga wa Comedy aho amaze gukora filime zitandukanye harimo niyo yise Online love izaba ari uruhererekane.

Pilato wakoraga uwenya aririmba azajya abikora no muri Sinema

Musinga Didier umuhanzi nyarwanda uzwi ku izina rya Timeless Pilato yinjira mu muziki yatangaje ko we azanye umwihariko wo gukora indirimbo z’urwenya. Icyo gihe yahereye ku yitwa ‘Ubugali.’

Ubu yinjiye no muri Sinema umwuga avuga ko nawo yari afite gahunda yo kuwinjiramo ariko abanza kubiha igihe bitewe n’akandi kazi yari ahugiyemo.

Ati “Impamvu nakoze filime za Comedy ni uko nabonye ko gusetsa ari ibintu bindimo niba narakoze indirimbo za Byendagusetsa ni gute muri filime byananira? Ikindi kandi buriya ndi umuntu ukunda gusetsa abantu niyo ari mu buzima busanzwe rero mba ngomba gutangatanga impande zose kugirango mbongerere iminsi yo kubaho.”

Muri Filime yatangiye gushyira ku rubuga rwe rwa You tube yise ‘Timeless Comedy’ harimo iyitwa Online Love yakoreshejemo abakinnyi bazwi nka Regis {Afande}, Alia na Nyabitanga hamwe n’indi yise ‘Little man’ ikinwamo na Nzovu.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Bongwa Beatrice says:
    January 6, 2023 at 11:40 am

    Didier we! Unshekeje ntaranasoma cyanga ngo numve ibyo wanditse cyanga uririmba! Ariko va ku izina lya Pilato ejo utazarizira. Umukinnyi wawe Regis nawe umushakire irindi zina aho kumwita Afande. ngirango uzi Afande uwo ariwe – n’ubwo atari ikinyarwanda kandi rikaba lyibutsa abanyarwanda ibihe bigoranye. Ariko Didier yatumye imbavu zanjye zitonekara aho yibukije “ubugali” bwavuzwe n’abaformata abana ba rubanda. Gusa nibutse ko Didier yavuze “ubugali” mbere yuko uwamennye ibanga lyo guformata abishyize hanze. Didier we! Tera imbere!

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko igihe kigeze ngo…

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Umusizi Saranda ari mu gahinda ko gupfusha mama we

1 Min Read
Imyidagaduro

Suède: Element agiye guhurira mu gitaramo na Kizz Daniel

1 Min Read
Imyidagaduro

Diddy yafatiweho icyuma muri gereza hafi yo kwicwa

1 Min Read
Imyidagaduro

Umuramyi Josh yatomagije umugore we amwifuriza isabukuru nziza 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?