BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, May 21, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Perezida Suluhu yemereye Abanya-Tanzania inzu y’imyidagaduro ya miliyoni 172$

Perezida Suluhu yemereye Abanya-Tanzania inzu y’imyidagaduro ya miliyoni 172$

sam
Last updated: March 7, 2025 11:54 am
sam
Share
SHARE

Perezida wa Tanzania madame Samia Suluhu yemereye abanyatanzania kubakira inzu igezweho y’imyidagaduro imeze nka BK Arena yo mu Rwanda izajya yakira abantu ibihumbi 20.

Uyu mushinga ukomeye ugamije kubaka inyubako yo guhangana n’iy’u Rwanda imaze kumenyekana cyane izwi nka BK Arena no gushyira Tanzaniya ku rutonde rw’ahantu ha mbere habereye imikino mpuzamahanga n’amarushanwa.

Ibi byatangajwe mu birori bikomeye byabereye i Dar es Salaam, aho Perezida Samia yashimangiye akamaro k’ibikorwa remezo bigezweho mu guteza imbere siporo, umuco, n’ubukerarugendo nkuko iyi nkuru dukesha The East African ivuga.

Ati: “Iki kibuga ntikizaba ihuriro rya siporo n’imyidagaduro gusa ahubwo kizaba umusemburo w’iterambere ry’ubukungu n’amajyambere. Bizakurura ibikorwa mpuzamahanga, bihangire imirimo abantu, kandi bizazamura urwego rw’ubukerarugendo ”.

Arena iteganijwe igiye kubakwa mu mujyi wa Dar es Salaam urimo abantu benshi, izagaragaramo ibikoresho bigezweho, birimo ikibuga gikinirwaho imikino itandukanye, kwakira abantu barenga 20.000, na sisitemu y’amajwi n’amashusho biteye imbere.

Uyu mushinga bivugwa ko uri mu cyerekezo cyagutse cya Perezida Samia cyo guhindura ibikorwa remezo bya Tanzaniya no kuzamura ubushobozi bwo guhangana ku isoko ry’Isi, ariko yari aherutse kwingingwa n’umuhanzi Diamonds wamusabye kububakira arena nyuma y’igitaramo cyagenze nabi cya Trace Awards giherutse kubera muri Zanzibar.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rihanna yahishuye ko atwite inda y’umwana wa gatatu

1 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Evariste Ndayishimiye yongeye kuvuga ko u Rwanda rufite umugambi wo gutera igihugu cye

2 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Museveni yateye inkunga igitaramo cya The Ben i Kampala

1 Min Read
Imyidagaduro

CNN yashinjwe guhindura amashusho ya Diddy akubita Cassie bahoze bakundana

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?