BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Perezida w’u Bufaransa yakomeje abakinnyi bakubutse muri Qatar

Perezida w’u Bufaransa yakomeje abakinnyi bakubutse muri Qatar

admin
Last updated: December 21, 2022 12:09 pm
admin
Share
SHARE

Umukuru w’igihugu cy’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yihanganishije abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa nyuma yo gutsindirwa ku mukino wa nyuma na Argentine.

Perezida Emmanuel Macron yashimiye abakinnyi ku byo bagezeho

Ni umukino byasabye kujya muri za penaliti, nyuma yo kunganya ibitego 3-3 mu minota 120 yakinwe muri uyu mukino.

Nyuma yo gutsindirwa kuri penaliti 4-2, Umukuru w’igihugu cy’u Bufaransa, yinjiye mu rwambariro rw’ikipe ababwira amagambo yarimo kubakomeza no kubereka ko ntacyo bimye abenegihugu b’iki gihugu.

Yagize ati “Mwiheranwa n’agahinda kuko mukoze amateka akomeye. Abafaransa barishimye. Abenshi muri mwe muracyari bato muzatwara ibindi bikombe, abakuze bageze igihe cyo guhagarika na bo basoje gitwari.”

u Bufaransa bubitse ibikombe bibiri by’Isi, bwegukanye mu 1998 no mu 2018. Bufite abakinnyi benshi bakiri bato kandi bakomeje gutanga icyizere cy’ejo hazaza h’iki gihugu.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yageze muri Guinea-…

U Rwanda rwakiriye abarwanyi ba FDLR 7 bari mu mashyamba ya RDC

Abarwanyi 7 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?