BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Perezida w’u Bufaransa yakomeje abakinnyi bakubutse muri Qatar

Perezida w’u Bufaransa yakomeje abakinnyi bakubutse muri Qatar

admin
Last updated: December 21, 2022 12:09 pm
admin
Share
SHARE

Umukuru w’igihugu cy’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yihanganishije abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa nyuma yo gutsindirwa ku mukino wa nyuma na Argentine.

Perezida Emmanuel Macron yashimiye abakinnyi ku byo bagezeho

Ni umukino byasabye kujya muri za penaliti, nyuma yo kunganya ibitego 3-3 mu minota 120 yakinwe muri uyu mukino.

Nyuma yo gutsindirwa kuri penaliti 4-2, Umukuru w’igihugu cy’u Bufaransa, yinjiye mu rwambariro rw’ikipe ababwira amagambo yarimo kubakomeza no kubereka ko ntacyo bimye abenegihugu b’iki gihugu.

Yagize ati “Mwiheranwa n’agahinda kuko mukoze amateka akomeye. Abafaransa barishimye. Abenshi muri mwe muracyari bato muzatwara ibindi bikombe, abakuze bageze igihe cyo guhagarika na bo basoje gitwari.”

u Bufaransa bubitse ibikombe bibiri by’Isi, bwegukanye mu 1998 no mu 2018. Bufite abakinnyi benshi bakiri bato kandi bakomeje gutanga icyizere cy’ejo hazaza h’iki gihugu.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?