BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Perezida wa Sena y’uRwanda yeguye

Perezida wa Sena y’uRwanda yeguye

admin
Last updated: December 8, 2022 10:21 pm
admin
Share
SHARE

Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena y’u Rwanda  kuri uyu wa 8 Ukuboza 2022,yeguye ku mirimo ye ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku mpamvu z’uburwayi.

Perezida wa Sena y’uRwanda yeguye

Dr Iyamuremye  mu ibaruwa   yasobanuye ko kubera ubwo burwayi, akeneye gufata umwanya wo kwivuza bitabangamiye inshingano ze.

Dr Iyamuremye Augustin  yashimiye Perezida wa Repubulika ku cyizere yamugiriye.

Yagize ati “ Mboneyeho kongera gushima Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, icyizere ntagereranwa atahwemye kungaragariza. Namwe ba nyakubahwa basenateri nongeye kubashimira ko mwantoye kandi mutigeze muntererana muri izi nshingano zitoroshye. Aho naba naragize intege nke si ku bushake, mbisabiye imbabazi kandi mbijeje ko ntazigera niyumvamo ko nacyuye igihe mu ntege nke zanjye zose nzakomeza kwitangira igihugu.”

Ku rubuga rwa twitter rw’Inteko Ishingamategeko y’uRwanda,batangaje ko “ku munsi w’ejo tariki ya 9 Ukuboza 2022,Inteko Rusange izagezwaho uko kwegura yemeze ko Perezida wa Sena avuye burundu mu mirimo ye.”

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
3 Comments
  • Pingback: Nyirasafari Esparance ni we ugiye kuba ari Perezida wa Sena by’agateganyo – Umuseke
  • kamere says:
    December 9, 2022 at 1:49 pm

    Niyiruhukire ku myaka 75.Kuli iyi myaka,umuntu aba amaze gusaza.Niyo twaba dufite umwanya ukomeye gute,tujye twibuka ko ejo tuzasaza ndetse tugapfa.Kandi twibuke ko abashaka Imana cyane,ntibibere gusa mu gushaka iby’isi (amafaranga,politike,shuguli,etc…),Imana izabazura ku munsi w’imperuka,ibahe ubuzima bw’iteka nkuko Yezu yavuze muli Yohana 6:40.Ikibazo nuko usanga abenshi bibera gusa mu gushaka iby’isi.Bagategereza abazababeshya ko bitabye Imana umunsi bapfuye.Nyamara bible ivuga ko babora ntibazongere kubaho.Byisomere muli Abagalatiya 6,umurongo wa 8.

    Reply
  • Umurungi Alice says:
    December 9, 2022 at 7:03 pm

    Nyamara!!!! Tubitege amaso.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?