BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Perezida wa Sena y’uRwanda yeguye

Perezida wa Sena y’uRwanda yeguye

admin
Last updated: December 8, 2022 10:21 pm
admin
Share
SHARE

Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena y’u Rwanda  kuri uyu wa 8 Ukuboza 2022,yeguye ku mirimo ye ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku mpamvu z’uburwayi.

Perezida wa Sena y’uRwanda yeguye

Dr Iyamuremye  mu ibaruwa   yasobanuye ko kubera ubwo burwayi, akeneye gufata umwanya wo kwivuza bitabangamiye inshingano ze.

Dr Iyamuremye Augustin  yashimiye Perezida wa Repubulika ku cyizere yamugiriye.

Yagize ati “ Mboneyeho kongera gushima Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, icyizere ntagereranwa atahwemye kungaragariza. Namwe ba nyakubahwa basenateri nongeye kubashimira ko mwantoye kandi mutigeze muntererana muri izi nshingano zitoroshye. Aho naba naragize intege nke si ku bushake, mbisabiye imbabazi kandi mbijeje ko ntazigera niyumvamo ko nacyuye igihe mu ntege nke zanjye zose nzakomeza kwitangira igihugu.”

Ku rubuga rwa twitter rw’Inteko Ishingamategeko y’uRwanda,batangaje ko “ku munsi w’ejo tariki ya 9 Ukuboza 2022,Inteko Rusange izagezwaho uko kwegura yemeze ko Perezida wa Sena avuye burundu mu mirimo ye.”

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
3 Comments
  • Pingback: Nyirasafari Esparance ni we ugiye kuba ari Perezida wa Sena by’agateganyo – Umuseke
  • kamere says:
    December 9, 2022 at 1:49 pm

    Niyiruhukire ku myaka 75.Kuli iyi myaka,umuntu aba amaze gusaza.Niyo twaba dufite umwanya ukomeye gute,tujye twibuka ko ejo tuzasaza ndetse tugapfa.Kandi twibuke ko abashaka Imana cyane,ntibibere gusa mu gushaka iby’isi (amafaranga,politike,shuguli,etc…),Imana izabazura ku munsi w’imperuka,ibahe ubuzima bw’iteka nkuko Yezu yavuze muli Yohana 6:40.Ikibazo nuko usanga abenshi bibera gusa mu gushaka iby’isi.Bagategereza abazababeshya ko bitabye Imana umunsi bapfuye.Nyamara bible ivuga ko babora ntibazongere kubaho.Byisomere muli Abagalatiya 6,umurongo wa 8.

    Reply
  • Umurungi Alice says:
    December 9, 2022 at 7:03 pm

    Nyamara!!!! Tubitege amaso.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yageze muri Guinea-…

U Rwanda rwakiriye abarwanyi ba FDLR 7 bari mu mashyamba ya RDC

Abarwanyi 7 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi…

Meteo Rwanda yateguje imvura irenze iteganyijwe kugeza ku wa 20 Ugushyingo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu gice cya…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame na Madamu J.Kagame bakiriye abayobozi mu nzego nkuru za America

2 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?