BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Perezida wa Sena y’uRwanda yeguye

Perezida wa Sena y’uRwanda yeguye

admin
Last updated: December 8, 2022 10:21 pm
admin
Share
SHARE

Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena y’u Rwanda  kuri uyu wa 8 Ukuboza 2022,yeguye ku mirimo ye ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku mpamvu z’uburwayi.

Perezida wa Sena y’uRwanda yeguye

Dr Iyamuremye  mu ibaruwa   yasobanuye ko kubera ubwo burwayi, akeneye gufata umwanya wo kwivuza bitabangamiye inshingano ze.

Dr Iyamuremye Augustin  yashimiye Perezida wa Repubulika ku cyizere yamugiriye.

Yagize ati “ Mboneyeho kongera gushima Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, icyizere ntagereranwa atahwemye kungaragariza. Namwe ba nyakubahwa basenateri nongeye kubashimira ko mwantoye kandi mutigeze muntererana muri izi nshingano zitoroshye. Aho naba naragize intege nke si ku bushake, mbisabiye imbabazi kandi mbijeje ko ntazigera niyumvamo ko nacyuye igihe mu ntege nke zanjye zose nzakomeza kwitangira igihugu.”

Ku rubuga rwa twitter rw’Inteko Ishingamategeko y’uRwanda,batangaje ko “ku munsi w’ejo tariki ya 9 Ukuboza 2022,Inteko Rusange izagezwaho uko kwegura yemeze ko Perezida wa Sena avuye burundu mu mirimo ye.”

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
3 Comments
  • Pingback: Nyirasafari Esparance ni we ugiye kuba ari Perezida wa Sena by’agateganyo – Umuseke
  • kamere says:
    December 9, 2022 at 1:49 pm

    Niyiruhukire ku myaka 75.Kuli iyi myaka,umuntu aba amaze gusaza.Niyo twaba dufite umwanya ukomeye gute,tujye twibuka ko ejo tuzasaza ndetse tugapfa.Kandi twibuke ko abashaka Imana cyane,ntibibere gusa mu gushaka iby’isi (amafaranga,politike,shuguli,etc…),Imana izabazura ku munsi w’imperuka,ibahe ubuzima bw’iteka nkuko Yezu yavuze muli Yohana 6:40.Ikibazo nuko usanga abenshi bibera gusa mu gushaka iby’isi.Bagategereza abazababeshya ko bitabye Imana umunsi bapfuye.Nyamara bible ivuga ko babora ntibazongere kubaho.Byisomere muli Abagalatiya 6,umurongo wa 8.

    Reply
  • Umurungi Alice says:
    December 9, 2022 at 7:03 pm

    Nyamara!!!! Tubitege amaso.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru Nyamukuru

Dukeneye amahoro n’umutekano mbere ya byose-Yolande Makolo

3 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Uwari Major waregwaga muri dosiye y’amabuye y’agaciro yakuriweho gukurikiranwa

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?