BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 17, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa bw’akababaro Tanzania

Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa bw’akababaro Tanzania

admin
Last updated: November 7, 2022 11:00 am
admin
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame uri mu nama yiga ku gufata neza ikirere mu Misiri, yageneye Tanzania  ubutumwa bwo kwihanganisha ababuriye ababo mu mpanuka y’indege yaguyemo abagera kuri 19.

Perezida Samia Suluhu Hassan ubwo yasuraga u Rwanda muri Kanama 2021 akagirana ibiganiro na Perezida Paul Kagame

Perezida Kagame yanditse ati “Mbikuye ku mutima nihanganishije abaturage ba Tanzania na Perezida Suluhu Samia, ku bwo kubura abantu mu mpanuka y’indege.”

Yakomeje agira ati “Ibitekerezo byacu biri kumwe n’imiryango, n’ab’abagaciro babuze ubuzima bwabo.”

Ku Cyumweru indege ya sosiyete Precision Air, yaturukaga Dar es Salaam igana Bukoba yaguye mu kiyaga Victoria, abantu 19 muri 43 bari mu ndege barapfa.

Minisitiri w’Intebe wa Tanzania, Kassim Majaliwa kuri uyu wa mbere arayobora amasengesho yo guha icyubahiro bariya bantu 19 bapfuye, bikaza kubera kibuga cy’umupira cya Bukoba.

UPDATE: Impanuka y’indege yahitanye abantu 19 muri Tanzania

Gusezera ku baguye mu mpanuka birabera ku kibuga cy’umupira cya Bukoba
Indege yaguye muri Victoria

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Felix says:
    November 7, 2022 at 12:09 pm

    Mwihangane.bavandimwe,kubur ‘abantu,birabaza.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Santarafurika: Amb Kayumba yagiranye ibiganiro n’aba ofisiye ba RCS

Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Olivier Kayumba, yagiranye ibiganiro n’ Abakozi b’Urwego…

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

Imiryango itari iya Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahagurutse iri…

Agakoriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro

Umujyi wa Kigali watangaje ko ibikorwa by’ububaji n’ibindibyakoreraga mu Gakiriro ka Gisozi…

Min Olivier Nduhungirehe Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we waTurkmenistan  

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwwrerane w'u Rwanda Olivier Nduhungirehe yagiranye ikiganiro kuri Telefone…

U Rwanda ruritegura kwakira inama ikomeye ya OIF

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rufite ikizere cy’uko amasezerano rwasinyanye na DRC azatanga umusaruro

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?