BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Perezida Ndayishimiye yerekeje i Kampala

Perezida Ndayishimiye yerekeje i Kampala

admin
Last updated: October 8, 2022 12:21 pm
admin
Share
SHARE

Ibiro bya Perezida mu Burundi byatangaje ko Umukuru wa kiriya gihugu, Evariste Ndayishimiye yagiriye uruzinduko i Kampala.

Perezida Ndayishimiye ubwo yasezeraga abayobozi bamuherekeje ku kibuga cy’indege

Ndayishimiye yagiye kwifatanya na Uganda kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 icyo gihugu kimaze kibonye ubwigenge.

Uretse Perezida Ndayishimiye ubu unayoboye Umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC), hari amakuru avuga ko mu bandi bashyitse bategerejwe i Kampala, harimo na Perezida William Ruto uheruka kurahirira kuyobora Kenya.

Ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 Uganda ibonye ubwigenge yahawe n’Ubwongereza, biteganyijwe kuri iki Cyumweru tariki 9/10/2022 ku kibuga cyiberamo ibirori cya Kololo.

Kuri uyu wa Gatandatu ku biro bya Perezida muri Uganda habereye isengesho no gusangira bijyanye n’uyu munsi mukuru utegerejwe.

Perezida Yoweri Museveni kandi yafunguye ibikorwa byo kumurika amateka ya Uganda, bikaba byabereye ku ngoro ndangamurage y’iki gihugu i Kampala.

Kuri Twitter, Perezida Yoweri Museveni yavuze ko yasabye abashinzwe kurinda iriya nzu gucukumbura amateka ya kiriya gihugu kandi bakarinda umurage wa Uganda kugira bifashe abariho ubu n’abazabaho mu gihe kizaza.

Kenshi Perezida Ndayishimiye iyo afite urugendo hanze, abayobozi bamusezeraho ku kibuga cy’indege
Abashinze umutekano basezera kuri Perezida Ndayishimiye mbere yo kujya mu ndege
Perezida Ndayishimiye aha icyubahiro abasirikare

AMAFOTO@Ntare Rushatsi House Twitter

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • NIYONSABA Jean Baptiste says:
    October 8, 2022 at 12:45 pm

    muradutuburiye kweli ,inkuru ngufi gutya,ni nka sms

    Reply
  • NIYONSABA Jean Baptiste says:
    October 8, 2022 at 12:45 pm

    muradutuburiye kweli ,inkuru ngufi gutya,ni nka sms

    Reply

Leave a Reply to NIYONSABA Jean Baptiste Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
Mu mahanga

Gisagara: Abantu batatu bafunzwe bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi

1 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?