BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Perezida Ndayishimiye yerekeje i Kampala

Perezida Ndayishimiye yerekeje i Kampala

admin
Last updated: October 8, 2022 12:21 pm
admin
Share
SHARE

Ibiro bya Perezida mu Burundi byatangaje ko Umukuru wa kiriya gihugu, Evariste Ndayishimiye yagiriye uruzinduko i Kampala.

Perezida Ndayishimiye ubwo yasezeraga abayobozi bamuherekeje ku kibuga cy’indege

Ndayishimiye yagiye kwifatanya na Uganda kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 icyo gihugu kimaze kibonye ubwigenge.

Uretse Perezida Ndayishimiye ubu unayoboye Umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC), hari amakuru avuga ko mu bandi bashyitse bategerejwe i Kampala, harimo na Perezida William Ruto uheruka kurahirira kuyobora Kenya.

Ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 Uganda ibonye ubwigenge yahawe n’Ubwongereza, biteganyijwe kuri iki Cyumweru tariki 9/10/2022 ku kibuga cyiberamo ibirori cya Kololo.

Kuri uyu wa Gatandatu ku biro bya Perezida muri Uganda habereye isengesho no gusangira bijyanye n’uyu munsi mukuru utegerejwe.

Perezida Yoweri Museveni kandi yafunguye ibikorwa byo kumurika amateka ya Uganda, bikaba byabereye ku ngoro ndangamurage y’iki gihugu i Kampala.

Kuri Twitter, Perezida Yoweri Museveni yavuze ko yasabye abashinzwe kurinda iriya nzu gucukumbura amateka ya kiriya gihugu kandi bakarinda umurage wa Uganda kugira bifashe abariho ubu n’abazabaho mu gihe kizaza.

Kenshi Perezida Ndayishimiye iyo afite urugendo hanze, abayobozi bamusezeraho ku kibuga cy’indege
Abashinze umutekano basezera kuri Perezida Ndayishimiye mbere yo kujya mu ndege
Perezida Ndayishimiye aha icyubahiro abasirikare

AMAFOTO@Ntare Rushatsi House Twitter

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • NIYONSABA Jean Baptiste says:
    October 8, 2022 at 12:45 pm

    muradutuburiye kweli ,inkuru ngufi gutya,ni nka sms

    Reply
  • NIYONSABA Jean Baptiste says:
    October 8, 2022 at 12:45 pm

    muradutuburiye kweli ,inkuru ngufi gutya,ni nka sms

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
Mu mahanga

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Mu mahanga

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?