BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Perezida Ndayishimiye yerekeje i Kampala

Perezida Ndayishimiye yerekeje i Kampala

admin
Last updated: October 8, 2022 12:21 pm
admin
Share
SHARE

Ibiro bya Perezida mu Burundi byatangaje ko Umukuru wa kiriya gihugu, Evariste Ndayishimiye yagiriye uruzinduko i Kampala.

Perezida Ndayishimiye ubwo yasezeraga abayobozi bamuherekeje ku kibuga cy’indege

Ndayishimiye yagiye kwifatanya na Uganda kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 icyo gihugu kimaze kibonye ubwigenge.

Uretse Perezida Ndayishimiye ubu unayoboye Umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC), hari amakuru avuga ko mu bandi bashyitse bategerejwe i Kampala, harimo na Perezida William Ruto uheruka kurahirira kuyobora Kenya.

Ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 Uganda ibonye ubwigenge yahawe n’Ubwongereza, biteganyijwe kuri iki Cyumweru tariki 9/10/2022 ku kibuga cyiberamo ibirori cya Kololo.

Kuri uyu wa Gatandatu ku biro bya Perezida muri Uganda habereye isengesho no gusangira bijyanye n’uyu munsi mukuru utegerejwe.

Perezida Yoweri Museveni kandi yafunguye ibikorwa byo kumurika amateka ya Uganda, bikaba byabereye ku ngoro ndangamurage y’iki gihugu i Kampala.

Kuri Twitter, Perezida Yoweri Museveni yavuze ko yasabye abashinzwe kurinda iriya nzu gucukumbura amateka ya kiriya gihugu kandi bakarinda umurage wa Uganda kugira bifashe abariho ubu n’abazabaho mu gihe kizaza.

Kenshi Perezida Ndayishimiye iyo afite urugendo hanze, abayobozi bamusezeraho ku kibuga cy’indege
Abashinze umutekano basezera kuri Perezida Ndayishimiye mbere yo kujya mu ndege
Perezida Ndayishimiye aha icyubahiro abasirikare

AMAFOTO@Ntare Rushatsi House Twitter

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • NIYONSABA Jean Baptiste says:
    October 8, 2022 at 12:45 pm

    muradutuburiye kweli ,inkuru ngufi gutya,ni nka sms

    Reply
  • NIYONSABA Jean Baptiste says:
    October 8, 2022 at 12:45 pm

    muradutuburiye kweli ,inkuru ngufi gutya,ni nka sms

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yageze muri Guinea-…

U Rwanda rwakiriye abarwanyi ba FDLR 7 bari mu mashyamba ya RDC

Abarwanyi 7 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi…

Meteo Rwanda yateguje imvura irenze iteganyijwe kugeza ku wa 20 Ugushyingo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu gice cya…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
Mu mahanga

Fizi: RDC n’u Burundi byashinjwe kohereza izindi ngabo zo ‘kumara Abanyamulenge

2 Min Read
Mu mahanga

Papa Leo XIV yakiriye Perezida Ramaphosa i Vatican mu gihe Afurika y’Epfo na Amerika bitavuga rumwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?