BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, May 21, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Perezida Kagame yakiriye indahiro y’Umunyamabanga Mukuru wa RIB mushya

Perezida Kagame yakiriye indahiro y’Umunyamabanga Mukuru wa RIB mushya

sam
Last updated: March 28, 2025 3:23 pm
sam
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu yakiriye indahiro y’Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Col Pacifique Kayigamba Kabanda.

Perezida Kagame yibukije uwarahiriye imirimo mishya  ko nta mwanya w’intege nke, imyitwarire idakwiye cyangwa imikorere idasobanutse mu nshingano ahubwo ko abakoresha ubunyamwuga baba badakwiye kubyihanganira bakabirwanya.

Umukuru w’igihugu yagaragagaje ko ari inshingano z’abayobozi kugirango abaturage bagire ubuyobozi bizera.

Ati”Abanyarwanda bakwiye kugira inzego zibakorera akazi bifuza kandi bakazizera .Abayobozi nabo bakwiye kugaragaza bushake n’umurava n’ubunyamwuga bigaragaza ikerekezo gifatika ibintu byose biganamo kugira ngo twuzuze inshingano zacu”.

Perezida Kagame yavuze ko abanyabyaha bagenda biyongera ku rwego mpuzamahanga bakoresheje ikoranabuhanga mu buriganya n’ibindi bikorwa bigira ingaruka ku baturage.

Yashimangiye ko RIB ikwiye kongera ubushobozi bwayo binyuze mu bushakashatsi, gukoresha ikoranabuhanga no gushaka ibimenyetso bifatika.

Col. Kayigamba Kabanda Pacifique wagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RIB yari asanzwe ari Umushinjacyaha Mukuru mu Rukiko rwa Gisirikare.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yitabiriye inama Mpuzamahanga yiga ku Mutekano muri Afurika (ISCA).

1 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Amerika yashyikirije u Rwanda na DRC umushinga w’amasezerano y’amahoro

1 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yitabiriye inama ya Africa CEO Forum muri Côte d’Ivoire

2 Min Read
Amerika

Cardinal Robert Prevost yatorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi.

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?