BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umwami Charles III 

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umwami Charles III 

admin
Last updated: September 15, 2022 4:27 pm
admin
Share
SHARE
Perezida wa Repubulika y’uRwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Nzeri 2022, yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umwami Charles III w’ubwongereza.
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umwami Charles III
Perezida Kagame kuri twitter yatangaje ko yamwihanganishije nyuma yo kubura nyina umubyara, Umwamikazi Elizabeth Il.

Yagize ati“Nagize amahirwe yo kuganira kuri telefoni no kwihanganisha umwami Charles III ,kubwo kubura umubyeyi we, Umwamikazi Elizabeth.”

Yakomeje agira ati“URwanda ruzakomeza gukorana n’umwami Charles III mu guteza imbere Intego za Commonwealth muri serivisi zihabwa abaturage bacu.”

Kuwa 8 Nzeri uyu mwaka, nibwo byatangajwe ko Umwamikazi Elizabeth II, wari umaze igihe kinini ku ntebe y’Ubwami, yatanze, afite imyaka 96, yari amaze ku ngoma imyaka 70.

Icyo gihe itanga rye ryemejwe n’ingoro  ya Buckingham , aho yagize Iii “Umwamikazi yatanze mu mahoro i Balmoral kuri iki gicamunsi.”

Mbere y’itanga rye nabwo byari byatangajwe ko ubuzima bwe buri mu marembera.

URwanda n’uBwongereza bihuriye mu muryango w’ibihugu bivuga ururimi rw’icyongereza, Commonwealth, uyobowe na Perezida Paul Kagame w’uRwanda.

Muri Kamena  uyu mwaka, Umwami Charles III ni umwe mu bitabiriye inama ihuza abagize uwo muryango, CHOGM, yabereye mu Rwanda.

Usibye kuba ibihugu byombi bihuriye muri uwo muryango,  bisanzwe bifitanye ubushuti bwihariye.

TUYISHIMIRE RAYMOND / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • Ndengejeho Henry says:
    September 15, 2022 at 8:52 pm

    Byaba aribyo ko Perezida Kagame atatumiwe mu ishyingurwa lya Elisabeth w’Ubwongereza? Bibaye aribyo se byaba bifite aho bihuriye nuko Umwami mushya Charles III yagaye icyemezo cyo kwohereza abimukira mu Rwanda?

    Reply
  • Ndengejeho Henry says:
    September 15, 2022 at 8:52 pm

    Byaba aribyo ko Perezida Kagame atatumiwe mu ishyingurwa lya Elisabeth w’Ubwongereza? Bibaye aribyo se byaba bifite aho bihuriye nuko Umwami mushya Charles III yagaye icyemezo cyo kwohereza abimukira mu Rwanda?

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rufite ikizere cy’uko amasezerano rwasinyanye na DRC azatanga umusaruro

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?