BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umwami Charles III 

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umwami Charles III 

admin
Last updated: September 15, 2022 4:27 pm
admin
Share
SHARE
Perezida wa Repubulika y’uRwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Nzeri 2022, yagiranye ibiganiro kuri telefoni n’Umwami Charles III w’ubwongereza.
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umwami Charles III
Perezida Kagame kuri twitter yatangaje ko yamwihanganishije nyuma yo kubura nyina umubyara, Umwamikazi Elizabeth Il.

Yagize ati“Nagize amahirwe yo kuganira kuri telefoni no kwihanganisha umwami Charles III ,kubwo kubura umubyeyi we, Umwamikazi Elizabeth.”

Yakomeje agira ati“URwanda ruzakomeza gukorana n’umwami Charles III mu guteza imbere Intego za Commonwealth muri serivisi zihabwa abaturage bacu.”

Kuwa 8 Nzeri uyu mwaka, nibwo byatangajwe ko Umwamikazi Elizabeth II, wari umaze igihe kinini ku ntebe y’Ubwami, yatanze, afite imyaka 96, yari amaze ku ngoma imyaka 70.

Icyo gihe itanga rye ryemejwe n’ingoro  ya Buckingham , aho yagize Iii “Umwamikazi yatanze mu mahoro i Balmoral kuri iki gicamunsi.”

Mbere y’itanga rye nabwo byari byatangajwe ko ubuzima bwe buri mu marembera.

URwanda n’uBwongereza bihuriye mu muryango w’ibihugu bivuga ururimi rw’icyongereza, Commonwealth, uyobowe na Perezida Paul Kagame w’uRwanda.

Muri Kamena  uyu mwaka, Umwami Charles III ni umwe mu bitabiriye inama ihuza abagize uwo muryango, CHOGM, yabereye mu Rwanda.

Usibye kuba ibihugu byombi bihuriye muri uwo muryango,  bisanzwe bifitanye ubushuti bwihariye.

TUYISHIMIRE RAYMOND / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • Ndengejeho Henry says:
    September 15, 2022 at 8:52 pm

    Byaba aribyo ko Perezida Kagame atatumiwe mu ishyingurwa lya Elisabeth w’Ubwongereza? Bibaye aribyo se byaba bifite aho bihuriye nuko Umwami mushya Charles III yagaye icyemezo cyo kwohereza abimukira mu Rwanda?

    Reply
  • Ndengejeho Henry says:
    September 15, 2022 at 8:52 pm

    Byaba aribyo ko Perezida Kagame atatumiwe mu ishyingurwa lya Elisabeth w’Ubwongereza? Bibaye aribyo se byaba bifite aho bihuriye nuko Umwami mushya Charles III yagaye icyemezo cyo kwohereza abimukira mu Rwanda?

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Urunturuntu no gucikamo ibice kw’ ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi 

3 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?