BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Nyanza: Akarere kahaye umurongo ikibazo cy’amakimbirane ashingiye ku nka borojwe

Nyanza: Akarere kahaye umurongo ikibazo cy’amakimbirane ashingiye ku nka borojwe

admin
Last updated: November 2, 2022 11:54 pm
admin
Share
SHARE

Abaturage bibumbiye hamwe bagahabwa inka muri gahunda ya “Girinka munyarwanda” bagasabwa kuzororera hamwe, bamwe bagacika intege bakazita abandi bagakomeza kuzitaho, ubu bari mu makimbirane.

Ubuyobozi bw’akarere bwahagurukiye iki kibazo ngo gikemuke

Bariya bari mu itsinda bise “Reberaho Nyabinyenga” riherereye mu mudugudu wa Kandihe, mu kagari ka Nyabinyenga mu murenge wa Cyabakamyi ho mu karere ka Nyanza borojwe inka 6 mu mwaka wa 2009 n’Umushinga Global Fund muri gahunda ya “Girinka munyarwanda”.

Bose bari abanyamuryango 20, baza kugira intege nke, itsinda rirasenyuka bamwe mu banyamuryango 14 barivamo hasigara 6 bonyine.

Nyuma mu mwaka wa 2012 baje gusanga gukomeza kuzitaho mu buryo bwa rusange batazazishobora barazigabana buri wese ayijyana inka iwe.

Ubu ba bandi bavugwaho kuzitererana barashinja abagerageje kuzitaho, ko inka z’itsinda bazigize izabo maze amakimbirane ku mpande zombi agahera aho.

Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza Ntazinda Erasme, yabwiye UMUSEKE ko iki kibazo bakimenye kandi bagihaye umurongo.

Ati “Ni gahunda ya Girinka, abakizifite twabasabye koroza abandi kugeza itsinda ryose ryorojwe, ku buryo n’abo bireba babisinyiye.”

UMUSEKE wamenye amakuru ko bariya bahoze mu itsinda ikibazo bakijyanye mu Bunzi, bagasanga kirenze urwego rwabo.

Théogène NSHIMIYIMANA
UMUSEKE.RW i Nyanza

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Rebero Jeremy says:
    November 3, 2022 at 7:11 pm

    Hakwiye isuzumwa lya ziriya nka na programu yayo. Ni ikintu gihombya abaturage yuko akenshi kibagira abaja ndetse kikanabakenesha. Ubworozi bwo mu biraro ntibujyanye n’imibereho cyanga n’ubukungu bw’igihugu cyacu.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?