BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Nyamvumba Robert yasoje igihano cye cy’amezi 30 muri Gereza

Nyamvumba Robert yasoje igihano cye cy’amezi 30 muri Gereza

admin
Last updated: September 18, 2022 11:38 pm
admin
Share
SHARE

Nyamvumba Robert, Umuvandimwe wa Gen. Patrick Nyamvumba kuri ubu ari mu buzima busanzwe nyuma yo gusoza igihano cye yakatiwe n’Urukiko Rukuru mu ntangiriro za Gashyantare 2022.

Nyamvumba Robert ubwo yari akiri mu nkiko (Archives)

Urukiko rwari rwaramukatiye imyaka ibiri n’amezi atandatu y’igifungo n’ihazabu ya miliyoni 50Frw

Uyu mugabo wahoze ari umuyobozi muri Minisuteri y’ibikorwaremezo muri Nzeri, 2021 Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamuhamije icyaha cya Ruswa.

Nyamvumba yemeye ko yijanditse muri RUSWA asaba imbabazi Perezida Kagame

Icyo gihe rumukatira igihano cy’igifungo cy’imyaka itandatu n’ihazabu ya Miriyali 21,6Frw

Iki gihano yahise akijuririra mu Rukiko Rukuru rumugabanziriza ibihano, rumukatira amezi 30 n’ihazabu ya miliyoni 50Fr

Nyamvumba Robert yatawe muri yombi muri Werurwe 2020, icyo gihe Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko akurikiranyweho icyaha cya Ruswa ikomoka ku munyamahanga wagombaga kumuha miliyari 7Frw ku isoko yari yatsindiye rya miliyari 72Frw.

Nyamvumba wari wakatiwe imyaka 6 mu bujurire yakatiwe igifungo cy’amezi 30

Amafoto: NKUNDINEZA ( Archive)

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
11 Comments
  • gatera says:
    September 19, 2022 at 9:12 am

    Ubucamanza bwo mu isi burababaje.Nawe nyumvira.Urukiko rumwe rumuhanishije ihazabu ya Miliyari 21,urundi rumuhanisha 50 millions!! Ukibaza niba rumwe ruba ruzi amategeko kurusha urundi.Ubucamanza nyabwo buzabaho aruko Imana ariyo yitegekeye isi guhera ku munsi w’imperuka nkuko ijambo ryayo rivuga.Izabanza ikureho ubutegetsi bw’abantu.Nkuko Ibyahishuwe 11:15 havuga,ubutegetsi bw’isi buzahabwa Yesu.

    Reply
  • mahoro jack says:
    September 19, 2022 at 4:04 pm

    Yewe na bariya bandi bafungiye case y’inzu y’imbere ya Meridien muzabarekure pe, kuko ni amabwiriza bari bahawe. Kandi imyaka ibiri i mageragere uba wumvise!

    Reply
  • mahoro jack says:
    September 19, 2022 at 4:04 pm

    Yewe na bariya bandi bafungiye case y’inzu y’imbere ya Meridien muzabarekure pe, kuko ni amabwiriza bari bahawe. Kandi imyaka ibiri i mageragere uba wumvise!

    Reply
  • Anonymous says:
    September 19, 2022 at 7:08 pm

    Buri munyarwanda akwiye gusobanukirwa. (1) Ntuzibe niba udafite izina lizwi mu nzego zo hejuru! Niyo abantu basakuza bate, ntacyo bizatanga- (2) Niwiba, ujye wiba ahagije kandi menshi kubulyo azatuma utsinda urubanza cyanga akagufunguza bibaye ngombwa. (3) Wazira ukuri cyanga warengana, inama nyamukuru nuko wakwemera icyaha, ugasaba imbabazi umucamanza mukuru. (4) Irinde amategeko yanditse! Ibindi byose bizikora.

    Reply
    • Kalisa says:
      September 20, 2022 at 12:21 pm

      Uko ni ko kuri (realite) mu rwa Gasabo! Trop dommage!

      Reply
  • Ndengejeho Henry says:
    September 19, 2022 at 7:09 pm

    Buri munyarwanda akwiye gusobanukirwa. (1) Ntuzibe niba udafite izina lizwi mu nzego zo hejuru! Niyo abantu basakuza bate, ntacyo bizatanga- (2) Niwiba, ujye wiba ahagije kandi menshi kubulyo azatuma utsinda urubanza cyanga akagufunguza bibaye ngombwa. (3) Wazira ukuri cyanga warengana, inama nyamukuru nuko wakwemera icyaha, ugasaba imbabazi umucamanza mukuru. (4) Irinde amategeko yanditse! Ibindi byose bizikora.

    Reply
  • Ndengejeho Henry says:
    September 19, 2022 at 7:09 pm

    Buri munyarwanda akwiye gusobanukirwa. (1) Ntuzibe niba udafite izina lizwi mu nzego zo hejuru! Niyo abantu basakuza bate, ntacyo bizatanga- (2) Niwiba, ujye wiba ahagije kandi menshi kubulyo azatuma utsinda urubanza cyanga akagufunguza bibaye ngombwa. (3) Wazira ukuri cyanga warengana, inama nyamukuru nuko wakwemera icyaha, ugasaba imbabazi umucamanza mukuru. (4) Irinde amategeko yanditse! Ibindi byose bizikora.

    Reply
  • Matsiko says:
    September 25, 2022 at 5:18 am

    Bazibuke na PS Bamporiki nawe ntabwo yigeze agorana

    Reply
  • Matsiko says:
    September 25, 2022 at 5:22 am

    Kdi ntimuzajye mushyira comment nyinshi kumbabazi zatanzwe nukuri igikorwa cyimbabazi nintambwe magana utera ugana mwijuru ibaze ariwowe uzigiriwe ahubwo nyuma yibi byose tujye turushaho gushima

    Reply
  • Matsiko says:
    September 25, 2022 at 5:22 am

    Kdi ntimuzajye mushyira comment nyinshi kumbabazi zatanzwe nukuri igikorwa cyimbabazi nintambwe magana utera ugana mwijuru ibaze ariwowe uzigiriwe ahubwo nyuma yibi byose tujye turushaho gushima

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Ubutabera

Abagororwa 1874 bemerewe gufungurwa by’agateganyo.  

1 Min Read
Ubutabera

Kigali: Umugabo ucuruza urumogi yafatanywe udupfunyika 1000 twarwo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?