BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 17, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Nyamasheke: Umujyanama w’ubuzima yarashwe agiye gucukura amabuye y’agaciro muri Pariki ya Nyungwe.

Nyamasheke: Umujyanama w’ubuzima yarashwe agiye gucukura amabuye y’agaciro muri Pariki ya Nyungwe.

sam
Last updated: July 14, 2025 11:02 am
sam
Share
SHARE

Abagabo babiri barimo n’umujyanam w’ubuzima barashwe n’abashinzwe kurinda Parike ya Nyungwe umwe ahasiga ubuzima undi ajyanwa kwa muganga bivugwa ko ngo bari bagiye gucukura zahabu muri Nyungwe.

Byabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere ahagana saa munani z’ijoro mu kagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruharambuga muri mu karere ka Nyamasheke.

Bigirimana Egide wari usanzwe ari umujyanama w’ubuzima mu mudugugudu wa Nganzo Akagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruhambuga, ari mu barashwe ubwo we nabagenzi be bitwikiraga ijoro bajya gucukuramo amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko.

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke mu nama bwagiranye n’abaturage bo muri uwo mudugugudu, bwatangaje ko ayo makuru ariyo buburira abaturage kutishora mu bikorwa bitemewe n’mategeko.

Ubuyobozi  butangaza ko aba bantu bari benshi bishoye muri pariki ya Nyungwe bafite intwaro gakondo, bakarwanya abashinzwe kurinda pariki maze babiri bakaraswa, umwe agahita yitaba Imana ageze mu bitaro bya Bushenge, undi yakomeretse akaba ari kubitaro bya Kibogora.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Santarafurika: Amb Kayumba yagiranye ibiganiro n’aba ofisiye ba RCS

Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Olivier Kayumba, yagiranye ibiganiro n’ Abakozi b’Urwego…

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

Imiryango itari iya Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahagurutse iri…

Agakoriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro

Umujyi wa Kigali watangaje ko ibikorwa by’ububaji n’ibindibyakoreraga mu Gakiriro ka Gisozi…

Min Olivier Nduhungirehe Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we waTurkmenistan  

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwwrerane w'u Rwanda Olivier Nduhungirehe yagiranye ikiganiro kuri Telefone…

U Rwanda ruritegura kwakira inama ikomeye ya OIF

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Nyabugogo : Inyubako izwi nko kwa Yakobo yibasiwe n’i Kongo y’umuriro

1 Min Read
Mu Rwanda

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

3 Min Read
Mu Rwanda

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

3 Min Read
Mu Rwanda

RIB yaburiye abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?