BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ni uruhe ruhande rw’umuhanda umunyamaguru agenderamo? – umva igisubizo (Video)

Ni uruhe ruhande rw’umuhanda umunyamaguru agenderamo? – umva igisubizo (Video)

admin
Last updated: December 21, 2022 11:26 am
admin
Share
SHARE

Muri iyi iminsi impanuka zikomeje kuba nyinshi mu muhanda, hamwe ziraterwa n’uburangare bw’abakoresha umuhanda, haba abatwara ibinyabiziga, cyangwa abandi bakoresha umuhanda, Polisi y’u Rwanda yabajije abantu batandukanye ibibazo biri mu mategeko aeshwa mu muhanda bamwe ntibayasobanukiwe, ariko buri wese yabyigiraho.

Umunyamaguru agendera mu ruhande rw’ibumoso iyo ari mu muhanda, icyo gihe aba areba ibinyabiziga bimuturuka imbere, kandi akandukanye n’ibiri mu kundi ku buko k’umuhanda bimanuka cyangwa bizamuka

Polisi y’u Rwanda mu bukangurambaga bwo gushishikariza abatwara ibinyabiziga “Kugerayo Amahoro”, yagiye ibaza abakoresha umuhunda ibibazo bitandukanye, utsinzwe agasobanurirwa igisubizo cy’ukuri, binyuze kuri mugenzi we ukoresha umuhanda ukizi.

Ikibazo cya mbere kiri muri video ngufi kuri Twitter kiragira kiti: Nk’umushoferi iyo ugeze muri rond-point ni nde utambuka mbere?

Umushoferi ahita asubiza ati “Ni umunyamaguru!”

Iki gisubizo si cyo! Kubera iki?

Mugenzi we na we utwara imodoka ahita asubiza ko muri rond-point, habanza gutambuka ibinyabiziga asanze muri rond-point kuko ari byo biba bifite uburenganzira, bwo gutambuka mbere, arabitegereza bikabanza gutambuka, nanjye nkabona kwinjira muri rond-point.

Ikindi kibazo kigira kiti: Nk’umushoferi kunyuranaho bikorerwa mu ruhe ruhande?

Umumotari ati “Kunyuranaho bikorerwa mu ruhande rw’ibiryo!”  Iki gisubizo si cyo!

Tyaza ubwenge na #GerayoAmahoro pic.twitter.com/9TC6F04fYM

— Rwanda National Police (@Rwandapolice) December 20, 2022

Mugenzi we birumvikana we, yasubije ko kunyuranaho bikorerwa mu ruhande rw’ibumoso. Undi mumotari yabajijwe uko kunyuranaho bikorwa, avuga ko abikora yabanje gucana amatara ndangacyerekezo, kandi akabikorera mu ruhande rw’ibumoso. Iki gisubizo cye ni cyo!

Hanyuma ikindi kibazo kirabaza kiti : Nk’umunyamaguru ukoresha ikihe gisate cy’umuhanda? Usubiza ahita abwira Umupolisi ati “Nkoresha ibisate by’umuhanda by’inkengero zegutse, cyangwa no muri zebra-crossing (muri ya mirongo y’umweru n’umukara itambitse mu muhanda), bitewe n’aho ndi kujya cyangwa ndi kugendera.”

Iki gisubizo cye si cyo!

Mugenzi we asubiza ashidikanya, ati “Si ndi umuhanga mu by’imihanda ariko uruhande ngenderamo ni urw’ibumoso.”

Iki gisubizo ni cyo!

Iyo umunyamaguru agendera ku gisate cy’umuhanda cy’ibumoso (mu mategeko agenga imihanda mu Rwanda), cyo gihe aba areba ibinyabiziga bimuturuka imbere, kandi atandukanye n’ibiri mu kundi ku buko k’umuhanda kw’iburyo igihe amanuka cyangwa azamuka.

Gukoresha neza imihanda bireba buri wese, nawe ibyo bisubizo wabyigiraho!

Umushoferi ntayabashije gusubiza ikibazo kivuga ngo muri Rond-point ni nde ufite uburenganzira bwo kubanza gutambuka

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko igihe kigeze ngo…

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
Politike

Gen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?