BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > NAEB yatangije ibikorwa byo gusazura igihingwa cya Kawa

NAEB yatangije ibikorwa byo gusazura igihingwa cya Kawa

sam
Last updated: August 13, 2024 10:44 am
sam
Share
SHARE

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB), cyatangije ibikorwa byo gusazura igihingwa ngengabukungu cya Kawa  .

NAEB igaragaza ko hafi 30% by’ikawa ihinze hirya no hinomu gihugu , ibiti byayo bishaje kuko birengeje imyaka 30 bihinzwe.

Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Kanama , ubwo hatangizwaga gahunda yo gusazura kawa hirya no hino mu gihugu mu turere turimo Karongi , Huye nahandi hera Kawa , aho abahinzi bigishwa uko gusazura iki gihingwa ngengabukungu

Bamwe mu bakora umwuha w’ubuhinzi bw’ikigihigwa bemeza ko ibi bikorwa byo kugisazura bizabongerera umusaruro.

Mu karere ka Huye kimwe no mu tundi turere tweramo Kawa hirya no hino mu gihugu, naho hatangijwe ubukangurambaga bwo gusazura iki gihingwa ngengabukungu cya Kawa.

Abahinzi ba kawa nabo bagaragaza ko hari ibiti bya kawa bafite byari bimaze iyi myaka isaga 30 ku buryo bitari bigitanga umusaruro.

NAEB igaragaza ko  kuri ubu igiti kimwe cya kawa hasarurwaho impuzandengo y’ibilo bibiri (2kg), mu gihe intego ari uko nibura ku giti kimwe hasarurwaho ibilo bine nyuma yo gusazurwa.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique asuye Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mocímboa da Praia

2 Min Read
Mu Rwanda

U Rwanda rwakiriye abandi banyarwanda baturutse muri DRC barenga 300

1 Min Read
Mu Rwanda

Mu Rwanda hagiye kujya hapimwa ADN z’ibimera n’inyamaswa

3 Min Read
Mu Rwanda

Umurambo w’umusore w’i Rusizi wari waraheze mu Burundi wagejejwe mu Rwanda

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?