BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > NAEB yatangije ibikorwa byo gusazura igihingwa cya Kawa

NAEB yatangije ibikorwa byo gusazura igihingwa cya Kawa

sam
Last updated: August 13, 2024 10:44 am
sam
Share
SHARE

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB), cyatangije ibikorwa byo gusazura igihingwa ngengabukungu cya Kawa  .

NAEB igaragaza ko hafi 30% by’ikawa ihinze hirya no hinomu gihugu , ibiti byayo bishaje kuko birengeje imyaka 30 bihinzwe.

Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Kanama , ubwo hatangizwaga gahunda yo gusazura kawa hirya no hino mu gihugu mu turere turimo Karongi , Huye nahandi hera Kawa , aho abahinzi bigishwa uko gusazura iki gihingwa ngengabukungu

Bamwe mu bakora umwuha w’ubuhinzi bw’ikigihigwa bemeza ko ibi bikorwa byo kugisazura bizabongerera umusaruro.

Mu karere ka Huye kimwe no mu tundi turere tweramo Kawa hirya no hino mu gihugu, naho hatangijwe ubukangurambaga bwo gusazura iki gihingwa ngengabukungu cya Kawa.

Abahinzi ba kawa nabo bagaragaza ko hari ibiti bya kawa bafite byari bimaze iyi myaka isaga 30 ku buryo bitari bigitanga umusaruro.

NAEB igaragaza ko  kuri ubu igiti kimwe cya kawa hasarurwaho impuzandengo y’ibilo bibiri (2kg), mu gihe intego ari uko nibura ku giti kimwe hasarurwaho ibilo bine nyuma yo gusazurwa.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Kayonza: Agahinda ko gutsindwa kw’ikipe afana katumye yiyambura ubuzima

2 Min Read
Mu Rwanda

U Rwanda ruzongera gutanga Louise Mushikiwabo nk’umukandida WA OIF

2 Min Read
Mu Rwanda

Kirehe: Uwakekwagaho ubwicanyi n’ubujura yarashwe na polisi

2 Min Read
Mu Rwanda

REB yatangiye gutanga mudasobwa 15.000 mu bigo by’amashuri birenga 400

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?