BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, May 21, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > NAEB yatangije ibikorwa byo gusazura igihingwa cya Kawa

NAEB yatangije ibikorwa byo gusazura igihingwa cya Kawa

sam
Last updated: August 13, 2024 10:44 am
sam
Share
SHARE

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB), cyatangije ibikorwa byo gusazura igihingwa ngengabukungu cya Kawa  .

NAEB igaragaza ko hafi 30% by’ikawa ihinze hirya no hinomu gihugu , ibiti byayo bishaje kuko birengeje imyaka 30 bihinzwe.

Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Kanama , ubwo hatangizwaga gahunda yo gusazura kawa hirya no hino mu gihugu mu turere turimo Karongi , Huye nahandi hera Kawa , aho abahinzi bigishwa uko gusazura iki gihingwa ngengabukungu

Bamwe mu bakora umwuha w’ubuhinzi bw’ikigihigwa bemeza ko ibi bikorwa byo kugisazura bizabongerera umusaruro.

Mu karere ka Huye kimwe no mu tundi turere tweramo Kawa hirya no hino mu gihugu, naho hatangijwe ubukangurambaga bwo gusazura iki gihingwa ngengabukungu cya Kawa.

Abahinzi ba kawa nabo bagaragaza ko hari ibiti bya kawa bafite byari bimaze iyi myaka isaga 30 ku buryo bitari bigitanga umusaruro.

NAEB igaragaza ko  kuri ubu igiti kimwe cya kawa hasarurwaho impuzandengo y’ibilo bibiri (2kg), mu gihe intego ari uko nibura ku giti kimwe hasarurwaho ibilo bine nyuma yo gusazurwa.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Nyabihu: Abashumba batemanye umwe ahasiga ubuzima

1 Min Read
Mu Rwanda

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya Kabiri cy’Abanyarwanda barenga 790 bari barafashwe bugwate n’umutwe wa FDLR

2 Min Read
Mu Rwanda

Nyarugenge: Batawe muri yombi bazira kwiba imikufi mu imurikagurisha

2 Min Read
Mu Rwanda

Muri Bugesera Umugabo yapfiriye ku Kagali

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?