BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Mvukiyehe Juvénal ntakiri umuyobozi wa Kiyovu Sports

Mvukiyehe Juvénal ntakiri umuyobozi wa Kiyovu Sports

admin
Last updated: September 29, 2022 11:46 am
admin
Share
SHARE

Biciye mu ibaruwa yandikiye Inama y’Ubutegetsi ya Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvénal uyobora iyi kipe yeguye ku nshingano yari afite zo kuyobora iyi kipe.

Mvukiyehe ntakiri umuyobozi wa Kiyovu Sports

Muri Nzeri 2020, nibwo Mvukiyehe yatorewe kuyobora ikipe ya Kiyovu Sports mu gihe cy’imyaka ine. Uyu muyobozi yaje yijeje abakunzi b’ikipe kuyigarura mu zihanganira ibikombe.

Abicishije mu ibaruwa yandikiye Inama y’Ubutegetsi [Board], Juvénal yanditse avuga ko atiteguye gukomeza kuyobora umuryango wa Kiyovu Sports ari nawo ubarizwamo ikipe ya Kiyovu Sports.

Muri iyi baruwa, uyu muyobozi yavuze ko mu Nteko rusange iteganyijwe tariki 1 Ukwakira 2022 hazatorwa undi uzamusimbura kuko we atazakomeza kuyobora.

Mu mpamvu yavuze, harimo ko abona atazagera ku ntego ze nk’umuyobozi wa Kiyovu Sports zo gutwara ibikombe nk’uko yabyijeje abakunzi b’ikipe ubwo yatorwaga.

Umwaka ushize, iyi kipe yabaye iya Kabiri irushwa inota rimwe na APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona.

Juvénal yasabye gushaka umusimbura we

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?