BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Feb 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Mutsinzi Ange akomeje kwitwara neza muri Portugal

Mutsinzi Ange akomeje kwitwara neza muri Portugal

admin
Last updated: November 1, 2022 8:04 am
admin
Share
SHARE

Myugariro w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda [Amavubi], Mutsinzi Ange Jimmy ukina mu cyiciro cya Kabiri mu gihugu cya Portugal, yabaye umukinnyi mwiza w’umukino ubwo ikipe ye yanganyaga na SC Tondela muri shampiyona.

Mutsinzi Ange Jimmy yabaye umukinnyi w’umukino ubwo ikipe ye yanganyaga 0-0

Uyu myugariro usanzwe ufite umwanya ubanzamo muri CD Trofense yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Portugal, nyuma yo gufasha ikipe ye kugabana amanota na SC Tondela 0-0, yabaye umukinnyi w’umukino.

Ikipe ya CD Trofense iri ku mwanya wa 16 mu makipe 18 n’amanota umunani yonyine mu mikino icumi imaze gukina.

Uyu myugariro afite amasezerano y’imyaka ibiri muri CD Trofense.

Mutsinzi yayerekejemo umwaka ushize nyuma yo gusoza amasezerano muri APR FC. Uyu myugariro yakiniye amakipe arimo AS Muhanga na Rayon Sports.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?