BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Muri Musanze FC byadogereye

Muri Musanze FC byadogereye

admin
Last updated: November 17, 2022 1:44 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma y’imyitwarire mibi yagaragaye ku bakinnyi batatu, ubuyobozi bwa Musanze FC bwamaze guhagarika abakinnyi batatu ba yo igihe kitatangajwe kugeza igihe bazemererwa kugaruka mu kazi.

Batatu bahagaritswe kubera imyitwarire mibi

Ibi byaturutse ku gutsindwa kwa Musanze FC na Étincelles FC ibitego 3-2 mu mukino w’umunsi wa Cyenda wa shampiyona, wabereye kuri Stade Umuganda.

Nyuma y’uyu mukino, umwuka muri iyi kipe wahise uba mubi, ndetse na mbere gato y’uko urangira, hari habanje kuvugwa amagambo na bamwe mu bakinnyi ko umutoza mukuru wa Musanze FC, Frank, apanga ikipe nabi.

Abahagaritswe ni ari Amran Nshimiyimana ukina mu kibuga hagati, Isiaq ukina mu kibuga hagati ndetse na myugariro Rurihoshi Hertier.

Aba bose bahagaritswe igihe kitazwi, cyane ko n’ubuyobozi butigeze busobanura igihe bahagaritswe uko kingana.

Uku guhagarikwa, kuragira aho guhurira no kuba iyi kipe imaze iminsi ititwara neza nyuma yo gutsindwa mu rugo na Mukura VS ibitego 3-2 mu mukino w’umunsi wa munani wa shampiyona.

Musanze FC iri ku mwanya wa munani n’amanota 13, nyuma y’imikino icyenda ya shampiyona imaze gukina.

Umutoza wa Musanze FC aratungwa urutoki n’abakinnyi bamushinja gupanga ikipe nabi
Nshimiyimana Amran ari muri batatu bahagaritswe

AMAFOTO: Rwandamagazine

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?