BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Muri Musanze FC byadogereye

Muri Musanze FC byadogereye

admin
Last updated: November 17, 2022 1:44 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma y’imyitwarire mibi yagaragaye ku bakinnyi batatu, ubuyobozi bwa Musanze FC bwamaze guhagarika abakinnyi batatu ba yo igihe kitatangajwe kugeza igihe bazemererwa kugaruka mu kazi.

Batatu bahagaritswe kubera imyitwarire mibi

Ibi byaturutse ku gutsindwa kwa Musanze FC na Étincelles FC ibitego 3-2 mu mukino w’umunsi wa Cyenda wa shampiyona, wabereye kuri Stade Umuganda.

Nyuma y’uyu mukino, umwuka muri iyi kipe wahise uba mubi, ndetse na mbere gato y’uko urangira, hari habanje kuvugwa amagambo na bamwe mu bakinnyi ko umutoza mukuru wa Musanze FC, Frank, apanga ikipe nabi.

Abahagaritswe ni ari Amran Nshimiyimana ukina mu kibuga hagati, Isiaq ukina mu kibuga hagati ndetse na myugariro Rurihoshi Hertier.

Aba bose bahagaritswe igihe kitazwi, cyane ko n’ubuyobozi butigeze busobanura igihe bahagaritswe uko kingana.

Uku guhagarikwa, kuragira aho guhurira no kuba iyi kipe imaze iminsi ititwara neza nyuma yo gutsindwa mu rugo na Mukura VS ibitego 3-2 mu mukino w’umunsi wa munani wa shampiyona.

Musanze FC iri ku mwanya wa munani n’amanota 13, nyuma y’imikino icyenda ya shampiyona imaze gukina.

Umutoza wa Musanze FC aratungwa urutoki n’abakinnyi bamushinja gupanga ikipe nabi
Nshimiyimana Amran ari muri batatu bahagaritswe

AMAFOTO: Rwandamagazine

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?