BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Muhanga: Umukecuru w’imyaka 87 yabyutse asanga abajura bamucucuye

Muhanga: Umukecuru w’imyaka 87 yabyutse asanga abajura bamucucuye

admin
Last updated: September 30, 2022 6:17 pm
admin
Share
SHARE

Abajura bataramenyekana bitwikiriye ijoro batwara ibikoresho byo mu rugo rw’umukecuru witwa Kampire Mariane ufite imyaka 87.

Kampire Mariane yabyutse asanga abajura bamennye ibirahuri by’urugi, banatwaye iby’agaciro yari afite mu nzu

Byabaye mu Mudugudu wa Musengo, mu Kagari ka Kivumu, mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga.

Abajura babanje kumena ikirahuri cy’inzu ya Kampire Mariane, batwara televiziyo, gaz n’icupa ryayo yatekeragaho, amasafuriya, n’ibindi bikoresho byo mu rugo.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kivumu, Niyonsenga Déogratias avuga  ko abo bajura binjiye mu rugo rwa Kampire mu masaha atazwi ariko ari nijoro.

Uyu mukecuru ngo yakangutse asanga bamennye ibirahuri by’inzu, asanga ibikoresho by’agaciro byose babimutwaye.

Yagize ati: “Abo bajura ntabwo baramenyekana kugeza ubu, turacyashakisha.”

Niyonsenga yavuze ko  muri uyu mudugudu ubujura bumeze nabi, asaba abashinzwe irondo ko bongeramo imbaraga.

Bamwe mu batuye umudugudu wa Musengo bahamya ko ibisambo muri iyi minsi bimaze kuba byinshi, bakavuga ko hatabaye ingufu z’abashinzwe umutekano  ngo babahashye, ubujura bashobora gufata intera yindi.

MUHIZI ELISÉE
UMUSEKE.RW/Muhanga.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
7 Comments
  • John says:
    October 1, 2022 at 7:51 am

    Aha hantu haravugwa ubujura buri munsi buri muturage arataka bigaragara ko byarenze ubushobozi bw’abaturage hakenewe imbara z’abafite mu nshingano umutekano. Nibatabare Kandi barashoboye turabizeye

    Reply
    • Venantie Mutuyimana says:
      October 1, 2022 at 10:25 am

      Nonec ko abajura babafunga bagasa nakabagiye mumahugurwa barangiza bakabarekura urumva aho batakwiba arihehe?mbona ikibazo cy,abajura na Reta cyarayicanze gusa impamvu nuko urubyiruko ntamirimo ifatika rufite bigomba gutekerezwaho nababishinzwe

      Reply
  • John says:
    October 1, 2022 at 7:51 am

    Aha hantu haravugwa ubujura buri munsi buri muturage arataka bigaragara ko byarenze ubushobozi bw’abaturage hakenewe imbara z’abafite mu nshingano umutekano. Nibatabare Kandi barashoboye turabizeye

    Reply
    • Venantie Mutuyimana says:
      October 1, 2022 at 10:25 am

      Nonec ko abajura babafunga bagasa nakabagiye mumahugurwa barangiza bakabarekura urumva aho batakwiba arihehe?mbona ikibazo cy,abajura na Reta cyarayicanze gusa impamvu nuko urubyiruko ntamirimo ifatika rufite bigomba gutekerezwaho nababishinzwe

      Reply
  • Pingback: Muhanga: Bamwe mu bibye urugo rw’umukecuru w’imyaka 87 bafashwe – Umuseke
  • NTEZIRYAYO GABLIEL says:
    October 7, 2022 at 2:06 pm

    Nturi abo bantubahemukiye uwo mucyecuru babi ryozwe pe

    Reply
  • NTEZIRYAYO GABLIEL says:
    October 7, 2022 at 2:06 pm

    Nturi abo bantubahemukiye uwo mucyecuru babi ryozwe pe

    Reply

Leave a Reply to Venantie Mutuyimana Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rwakiriye abanyarwanda 200 batahutse bavuye muri RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?