BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Muhanga: Umukecuru w’imyaka 87 yabyutse asanga abajura bamucucuye

Muhanga: Umukecuru w’imyaka 87 yabyutse asanga abajura bamucucuye

admin
Last updated: September 30, 2022 6:17 pm
admin
Share
SHARE

Abajura bataramenyekana bitwikiriye ijoro batwara ibikoresho byo mu rugo rw’umukecuru witwa Kampire Mariane ufite imyaka 87.

Kampire Mariane yabyutse asanga abajura bamennye ibirahuri by’urugi, banatwaye iby’agaciro yari afite mu nzu

Byabaye mu Mudugudu wa Musengo, mu Kagari ka Kivumu, mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga.

Abajura babanje kumena ikirahuri cy’inzu ya Kampire Mariane, batwara televiziyo, gaz n’icupa ryayo yatekeragaho, amasafuriya, n’ibindi bikoresho byo mu rugo.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kivumu, Niyonsenga Déogratias avuga  ko abo bajura binjiye mu rugo rwa Kampire mu masaha atazwi ariko ari nijoro.

Uyu mukecuru ngo yakangutse asanga bamennye ibirahuri by’inzu, asanga ibikoresho by’agaciro byose babimutwaye.

Yagize ati: “Abo bajura ntabwo baramenyekana kugeza ubu, turacyashakisha.”

Niyonsenga yavuze ko  muri uyu mudugudu ubujura bumeze nabi, asaba abashinzwe irondo ko bongeramo imbaraga.

Bamwe mu batuye umudugudu wa Musengo bahamya ko ibisambo muri iyi minsi bimaze kuba byinshi, bakavuga ko hatabaye ingufu z’abashinzwe umutekano  ngo babahashye, ubujura bashobora gufata intera yindi.

MUHIZI ELISÉE
UMUSEKE.RW/Muhanga.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
7 Comments
  • John says:
    October 1, 2022 at 7:51 am

    Aha hantu haravugwa ubujura buri munsi buri muturage arataka bigaragara ko byarenze ubushobozi bw’abaturage hakenewe imbara z’abafite mu nshingano umutekano. Nibatabare Kandi barashoboye turabizeye

    Reply
    • Venantie Mutuyimana says:
      October 1, 2022 at 10:25 am

      Nonec ko abajura babafunga bagasa nakabagiye mumahugurwa barangiza bakabarekura urumva aho batakwiba arihehe?mbona ikibazo cy,abajura na Reta cyarayicanze gusa impamvu nuko urubyiruko ntamirimo ifatika rufite bigomba gutekerezwaho nababishinzwe

      Reply
  • John says:
    October 1, 2022 at 7:51 am

    Aha hantu haravugwa ubujura buri munsi buri muturage arataka bigaragara ko byarenze ubushobozi bw’abaturage hakenewe imbara z’abafite mu nshingano umutekano. Nibatabare Kandi barashoboye turabizeye

    Reply
    • Venantie Mutuyimana says:
      October 1, 2022 at 10:25 am

      Nonec ko abajura babafunga bagasa nakabagiye mumahugurwa barangiza bakabarekura urumva aho batakwiba arihehe?mbona ikibazo cy,abajura na Reta cyarayicanze gusa impamvu nuko urubyiruko ntamirimo ifatika rufite bigomba gutekerezwaho nababishinzwe

      Reply
  • Pingback: Muhanga: Bamwe mu bibye urugo rw’umukecuru w’imyaka 87 bafashwe – Umuseke
  • NTEZIRYAYO GABLIEL says:
    October 7, 2022 at 2:06 pm

    Nturi abo bantubahemukiye uwo mucyecuru babi ryozwe pe

    Reply
  • NTEZIRYAYO GABLIEL says:
    October 7, 2022 at 2:06 pm

    Nturi abo bantubahemukiye uwo mucyecuru babi ryozwe pe

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko igihe kigeze ngo…

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC : Umusirikare wa FARDC yasabiwe igihano cy’imyaka 10 azira amafoto yasakaye ku karubanda asomana n’umukunzi we

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?