BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Mateso yavuze kuri Alain-André Landeut yasimbuye

Mateso yavuze kuri Alain-André Landeut yasimbuye

admin
Last updated: December 13, 2022 11:22 am
admin
Share
SHARE

Umutoza mukuru w’agateganyo wa Kiyovu Sports, Mateso Jean de Dieu, ahamya ko umubano we n’uwahoze ari umutoza mukuru w’iyi kipe, Alain-André Landeut ari mwiza kandi agifasha ikipe uko bikwiye.

Mateso avuga ko Alain-André Landeut akomeje gufasha Kiyovu Sports

Ni nyuma yo kuba ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwarafashe icyemezo cyo guha izindi nshingano, Alain-André Landeut watozaga iyi kipe maze igasigaranwa na Mateso Jean de Dieu wari umwungirije.

Aganira na UMUSEKE, Mateso yavuze ko Alain afasha ikipe uko bikwiye kandi bashima umusanzu akomeje gutanga, cyane ko akiri umukozi wa yo.

Ati “Alain-André Landeut araza akareba imyitozo, yarangira akaza akatuganiriza akatubwira uko yayibonye, haba hari icyo kutwongerera yabonye akatubwira, ubundi tugataha. Nta kibazo gihari kuko aracyari umukozi wa Kiyovu.”

Mateso yakomeje avuga ko mu gihe gito amaze afite inshingano nk’umutoza mukuru w’agateganyo, yagerageje kuganiriza abakinnyi abibutsa izina ry’ikipe bakinira kandi abasaba gukomeza kwitanga uko bishoboka kugira ngo bahe ibyishimo abakunzi b’iyi kipe.

Si ubwa mbere yaba asiganye ikipe, kuko yayisiganye ubwo yari yungirije Nshimiyimana Eric muri AS Kigali ndetse ahita yegukana igikombe cy’Amahoro, ayisigarana no muri Mukura VS.

Abatoza bungirije ni bo basigaranye inshingano

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?