BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Mar 16, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

admin
Last updated: March 16, 2026 7:45 pm
admin
Share
SHARE

Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we yagize Minisitiri w’Intebe mushya nyuma yo gusesa Guverinoma mu cyumweru gishize.

Perezida Col. Michael Randrianirina, yafashe ubutegetsi mu Ukwakira umwaka ushize nyuma y’imyigaragambyo ikaze yamaganaga uwari Perezida w’icyo gihugu Andry Rajoelina, waje no guhunga kubera ibibazo by’ubukungu yananiwe gukemura.

Col. Michael Randrianirina akijya ku butegetsi yasezeranyije impinduka mu nzego zitandukanye ndetse Ibiro bye byemeje ko kuba Mamitiana Rajaonarison ari we ugiye kuyobora Guverinoma azabikora mu buryo buboneye no kugarura icyizere mu baturage.

Mu muhango wabereye mu biro bye ugatambutswa kuri Televiziyo y’Igihugu ku wa 15 Werurwe 2026, Randrianirina yavuze ko bageze mu bihe byo guhindura ibintu kandi Igihugu gikeneye abantu b’inyangamugayo bagira amahame bagenderaho, yongeraho ko yiteze ubunyangamugayo kuri Minisitiri w’Intebe mushya.

Nubwo mu cyumweru gishize ari bwo uyu Mukuru w’Igihugu yasheshe Guverinoma ariko ntiyigeze atanga ibisobanuro ku mpamvu zabyo; ariko biteganyijwe ko muri iki cyumweru ari bwo azashyiraho abandi bayobozi bagize Guverinoma nshya.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti bimwe bibutera utwatsi

Perezida Donald Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti za Leta Zunze Ubumwe za…

Abasirikare b’u Rwanda bari bagiye gutanga ubutabazi muri Jamaica bagarukanye ishema

Abasirikare mu Ngabo z’u Rwanda bari berecyeje muri Jamaica mu butumwa bw’ubutabazi…

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we…

Kenya yemeje ko u Burusiya butazongera kujyana abenegihugu bayo mu ntambara yo muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, yatangaje…

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

1 Min Read
Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
Mu mahanga

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

1 Min Read
Mu mahanga

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?