BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 21, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > M23 yateye utwatsi ibyo kuvana ingabo i Bukavu

M23 yateye utwatsi ibyo kuvana ingabo i Bukavu

admin
Last updated: March 21, 2026 5:58 pm
admin
Share
SHARE

Umutwe wa AFC/M23 wabeshyuje inkuru z’uko wasabye ingabo zawo ziri mu mujyi wa Bukavu wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo kuwuvamo.

Ni nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga harimo hazenguruka itangazo ryitiriwe Umuyobozi wungirije wa AFC/M23 ushinzwe ibikorwa bya politiki, demokarasi n’imiyoborere, Bertrand Bisimwa, rivuga ko iri huriro ryafashe icyemezo cyo kuva i Bukavu kugira ngo amahoro arambye aboneke.

Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, abinyujije ku rubuga rwe rwa X, yagaragaje ko ririya tangazo ari ikinyoma kandi ko ryahimbwe n’ubutegetsi bwa RDC mu rwego rwo kwibagiza abantu igitero ingabo zabwo zagabye i Goma tariki 11 Werurwe 2026.

Kanyuka yashimangiye ko nta binyoma bishobora gutuma iki gitero cyiciwemo Umufaransakazi Karine Buisset wakorera ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) cyibagirana.

AFC/M23 yafashe umujyi wa Bukavu muri Gashyantare 2025.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Trump yaciye amarenga yo guhagarika ibitero kuri Iran vuba

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaciye amarenga ko…

Trump yatangaje ko America ishaka kuganira na Iran ariko ko ikibazo ari kimwe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump, yavuze iki Gihugu…

M23 yateye utwatsi ibyo kuvana ingabo i Bukavu

Umutwe wa AFC/M23 wabeshyuje inkuru z’uko wasabye ingabo zawo ziri mu mujyi…

RDC: ADF yishe abantu 50 mu cyumweru kimwe

Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage 50 bo muri teritwari ya Mambasa,…

Kenya: Abakora mu by’indege bateguje indi myigaragambyo

Ihuriro ry’abakora muri serivisi z’indege muri Kenya (KAWU) ryatangaje ko abanyamuryango baryo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Sudan: RSF yishe abarenga 17, isiga abarenga 120 bakomeretse

2 Min Read
Mu mahanga

DRC: Abadepite bo muri Kivu ya Ruguru barataka ubukene kubera kudahembwa

1 Min Read
Mu mahanga

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

1 Min Read
Mu mahanga

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?