BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > M23 ikomeje gushyiraho ubuyobozi bushya mu duce igenzura

M23 ikomeje gushyiraho ubuyobozi bushya mu duce igenzura

admin
Last updated: December 22, 2022 11:23 am
admin
Share
SHARE

Kuri uyu wa gatatu, tariki 21 Ukuboza 2022 inyeshyamba za M23 zashyizeho abayobozi b’ibanze mu gace ka Rubare muri Gurupema ya Gisigari ho muri Teriwari ya Rutshuru.

Ubuyobozi bwa M23 bukomeje gushyiraho abayobozi bashya aho yigaruriye

Mu duce tugenzurwa na M23 hakomeje gushyirwaho ubuyobozi na komite zishinzwe kugenzura amahoro no gucyemura ibibazo hagati mu baturage.

Muri Rubare uyu mutwe washyizeho umuyobozi w’umujyi, umwungirije, umunyamabanga, ushinzwe isuku n’isukura ndetse n’umuyobozi w’umuco gakondo.

Mu Mijyi minini nka Kiwanja, M23 naho yashyizeho komite z’amahoro n’iterambere ryaho.

Izi komite zifatwa nk’inkiko z’ibanze kandi zifite inshingano zo gukemura amakimbirane ashingiye ku mibereho mu gihe ibijyanye n’umutekano bigenzurwa na M23.

Ibi niko bikorwa mu bice bitandukanye uyu mutwe wigaruriye birimo Umujyi wa Bunagana aho unagenzura umupaka uhuza RD Congo na Uganda ukaba ari nawo wishyuza amahooro.

Byitezwe ko M23 n’abaturage bo muduce tumwe na tumwe igenzura bazasoza umwaka mu busabane budasanzwe aho hari gukusanywa imisanzu yo kugura ibiribwa n’ibinyobwa bizakoreshwa muri ibyo birori.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yageze muri Guinea-…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
Mu mahanga

Fizi: RDC n’u Burundi byashinjwe kohereza izindi ngabo zo ‘kumara Abanyamulenge

2 Min Read
Mu mahanga

Papa Leo XIV yakiriye Perezida Ramaphosa i Vatican mu gihe Afurika y’Epfo na Amerika bitavuga rumwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?