BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jun 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Los Angeles abaturage babujijwe kugenda nijoro kubera imyigaragambyo

Los Angeles abaturage babujijwe kugenda nijoro kubera imyigaragambyo

sam
Last updated: June 11, 2025 9:33 am
sam
Share
SHARE

Umuyobozi w’Umujyi wa Los Angeles, Karen Bass, yatangaje ko hashyizweho igihe ntarengwa abantu bagomba kuba bageze mu ngo, nyuma y’iminsi myinshi y’imyigaragambyo ikaze no gusahura byatewe n’itegeko ryo guta muri yombi abimukira badafite ibyangombwa.

Meya Karen Bass yatangaje ko iyi gahunda igomba guhita itangira gukurikizwa guhera ku wa Kabiri, aho ingendo zose zibujijwe guhera saa mbili z’ijoro kugeza saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ku isaha yaho. Polisi izajya ifata umuntu wese uzarenga kuri ayo mabwiriza, kandi biteganyijwe ko bizamara iminsi myinshi.

Ibi Meya yabitangaje avuga ko ibintu bimaze gukabya, aho inzu z’ubucuruzi zigera kuri 23 zari zimaze gusahurwa mu ijoro ryabanje.

Abaturage bazajya baba bemerewe gusa kugenda bitewe n’ibikorwa by’ubutabazi, abanyamakuru bazaba bemerewe kugenda, ndetse n’abatagira aho baba.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’

Ingabo z’u Burusiya zashyizeho itsinda ry’Igisirikare ryihariye, rishinzwe gukoresha ’drones’ no gukurikirana…

RDC: Abantu 32 baguye mu mpanuka y’ubwato

Abantu babarirwa muri 32 baguye mu mpanuka y’ubwato bubiri bwari butwaye abagenzi…

Amajyaruguru: Abakora n’abacuruza inzoga z’inkorano bahagurukiwe

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yatangaje ko iyo ntara n’iy’Iburengerazuba zigiye guca…

Israel yivuganye abasirikare  bakuru ba Iran mu gitero simusiga yabagabyeho

Kuri uyu wa Gatanu mu masaha y'urukerera, Israel yagabye igitero gikomeye kuri…

Umwongereza ukomoka mu Buhinde niwe  niwe mugenzi wenyine  warokotse impanuka y’ indege ya AirIndia

Umugabo w'Umwongereza ukomoka mu Buhinde yagenze n'amaguru ava mu bisigazwa by'indege ya…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Elon Musk  yagaragaje guca bugufi yicuza guhangana na Trump

2 Min Read
Amerika

Los Angeles imyigaragambyo y’abimukira yahinduye isura

1 Min Read
Amerika

Trump yashinje Elon Musk gukoresha ibiyobyabwenge

2 Min Read
Amerika

Billy Joel yahishuye ko yagerageje kwiyahura inshuro ebyiri

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?