BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Libya U23 iratanga Amavubi U23 mu Rwanda

Libya U23 iratanga Amavubi U23 mu Rwanda

admin
Last updated: September 24, 2022 6:32 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma y’urugendo rwagoranye ubwo ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje  imyaka 23 [U23] yerekezaga  i Benghazi muri Libya, no mu kugaruka byongeye kugorana.

Amavubi U23 azagera i Kigali ku manywa

Nyuma gutsindwa umukino wa Mbere wo gushaka itike yo kujya mu gikombe cya Afurika mu batarengeje imyaka 23, ikipe y’Igihugu y’u Rwanda iri mu nzira igaruka ariko Libya iratayitanga mu rwa Gasabo.

Uko urugendo rwose rwa U23 ruteye:

I Cairo mu Misiri barahava Saa yine n’iminota 35 z’ijoro, bace Addis-Ababa muri Éthiopie bahagere Saa cyenda n’iminota icumi z’ijoro, bazahave ku Cyumweru Saa tanu n’igice z’amanywa, berege i Kigali Saa Cyenda n’iminota icumi z’amanywa berekeza i Huye.

Amakuru UMUSEKE wamenye, ni uko ikipe y’Igihugu ya Libya y’abatarengeje imyaka 23, iragera mu Rwanda Saa Saba z’iri joro.

Umukino ubanza u Rwanda rwatsinzwe ibitego 4-1, uwo kwishyura uzabera kuri stade mpuzamahanga ya Huye tariki 27 Nzeri 2022.

Ikipe izasezerera indi hagati y’izi zombi, izahita ihura na Mali mu ijonjora rya Kabiri, izakomeza izahite ihura na Sénégal mu ijonjora rya Gatatu, izasezerera indi muri iri jonjora izahite ijya mu gikombe cya Afurika kizabera muri Maroc umwaka utaha.

Libya U23 irarara igeze mu Rwanda

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • Rugamba says:
    September 25, 2022 at 3:21 pm

    NTA gitangaza Kirimo kuko nu bundi UMUPIRA wacu winjiyemo Abantu bameze nka mercenaire niwo Mudathiri.murakoze

    Reply
  • Rugamba says:
    September 25, 2022 at 3:21 pm

    NTA gitangaza Kirimo kuko nu bundi UMUPIRA wacu winjiyemo Abantu bameze nka mercenaire niwo Mudathiri.murakoze

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?