BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 17, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Lawrence Kanyuka yagizwe Umuvugizi wa M23

Lawrence Kanyuka yagizwe Umuvugizi wa M23

admin
Last updated: August 1, 2022 11:35 am
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwatangaje ko Lawrence Kanyuka yagizwe Umuvugizi wa politiki w’uyu mutwe akazajya akorana bya hafi na Maj. Willy Ngoma.

Lawrence Kanyuka yagizwe Umuvugizi wa politiki wa M23

M itangazo ryasinyiwe i Sarambwe, M23 yavuze ko kuva kuwa 31 Nyakanga 2022 Maj. Willy Ngoma azajya avugira uyu mutwe mu bijyanye n’igisirikare, mu gihe Lawrence Kanyuka azajya yibanda ku bya politiki.

Bertrand Bisimwa Perezida wa M23 yanditse kuri Twitter ngo “Twashyizeho Umuvugizi wa M23 ari we Lawrence Kanyuka. Maj Willy Ngoma azakomeza kuba Umuvugizi w’Igisirikare cya M23.”

Icyemezo cyo gushyiraho Umuvugizi mu bya Politiki kije nyuma y’uko n’ubundi uyu mutwe uherutse gushyiraho inzego z’ubutegetsi mu Mujyi wa Bunagana wafashe ndetse n’amwe mu mategeko agomba kugenderwaho n’abaturage mu bice wambuye ingabo za Leta ya Congo.

Si ubwa mbere ahawe inshingano zo gukora mu biro by’ubuvugizi bwa M23 kuko yigeze kuba Umuvugizi Wungirije w’uyu mutwe ukomeje kubera ibamba leta ya congo.

Maj. Willy Ngoma azajya avugira uyu mutwe mu bijyanye n’igisirikare

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Santarafurika: Amb Kayumba yagiranye ibiganiro n’aba ofisiye ba RCS

Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Olivier Kayumba, yagiranye ibiganiro n’ Abakozi b’Urwego…

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

Imiryango itari iya Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahagurutse iri…

Agakoriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro

Umujyi wa Kigali watangaje ko ibikorwa by’ububaji n’ibindibyakoreraga mu Gakiriro ka Gisozi…

Min Olivier Nduhungirehe Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we waTurkmenistan  

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwwrerane w'u Rwanda Olivier Nduhungirehe yagiranye ikiganiro kuri Telefone…

U Rwanda ruritegura kwakira inama ikomeye ya OIF

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Leta ya Uganda yaburiye abagabo bapimisha ADN abana babo

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida Ramaphosa yahagaritse Minisitiri ukekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi

2 Min Read
Mu mahanga

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
Mu mahanga

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?