BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

sam
Last updated: July 22, 2025 2:15 pm
sam
Share
SHARE

Ubwegure butunguranye bwa Visi-Perezida w’u Buhinde wari unayoboye Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena, Jagdeep Dhankhar bwateje impaka zikomeye n’urujijo haba mu batavuga rumwe n’ubutegetsi n’abandi ku mpamvu ibyihishe inyuma yatumye yegura.

Ibaruwa y’ubwegure bwe yaje itunguranye nyuma yo kuyobora inama y’Abasenateri ndetse aranabarahiza ku mugoroba wo ku 21 Nyakanga nyuma, ahita ayisohora avuga ko ashaka gushyira imbere ubuzima bwe no gukurikiza inama z’abaganga.

Mu ibaruwa ye yavuze ko byari umugisha kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu cye kandi byagize impinduka ku izamuka ry’ubukungu ridasanzwe ariko yeguye ku mirimo ye ku bw’impamvu z’ubuzima bwe.

Yaraye yeguye mu gihe byari biteganyijwe ko azagirira uruzinduko rw’akazi mu Mujyi wa Jaipur ku wa 23 Nyakanga.

BBC yatangaje ko nubwo yeguye ariko ishyaka rye rya Bharatiya Janata Party, (BJP) ntacyo rirabivugaho mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegesti bavuze ko kwegura kwe bidasanzwe ahubwo hari ikibyihishe inyuma.

Jagdeep Dhankhar, w’imyaka 74 yabaye Visi-Perezida w’u Buhinde muri Kanama 2022, gusa manda ye yari kuzarangira mu 2027

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

Ubwegure butunguranye bwa Visi-Perezida w’u Buhinde wari unayoboye Inteko Ishinga Amategeko umutwe…

Nyarugenge: Umugore yaguwe gitumo na Polisi afite ibiro bibiri by’urumogi

Kuri uyu wa  22 Nyakanga 2025, Polisi ifatanije n’abaturage yafashe umugore witwa…

Umugore yakanze imyanya y’ibanga y’umugabo we kugeza ivuyemo amaraso

Umugore w’imyaka 57 wo mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyanza,…

U Rwanda rugiye gushyira amarerero mu bigo bya Polisi

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yatangaje ko hagiye gushyirwaho…

Burikantu akurikiranyweho icyaha cyo gufungirana inkumi ebyiri

Mwitende Abdoulkarim wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Burikantu yatawe muri yombi,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umudipolomate wa RDC afungiwe muri Bulgaria nyuma yo gufatanwa Cocaïne

1 Min Read
Mu mahanga

Kenya: Itabwa muri yombi ry’impirimbanyi yo muri Kenya ryazamuriye benshi uburakari

2 Min Read
Mu mahanga

DRC: Fayulu yagaragaje uko Tshisekedi yashatse guhunga ibiganiro byatangijwe na Kiliziya na Angilikani

3 Min Read
Mu mahanga

Umudipolomate wa RDC afungiwe muri Bulgaria nyuma yo gufatanwa Cocaïne

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?