BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Kiyovu Sports yateye ipine Inteko rusange

Kiyovu Sports yateye ipine Inteko rusange

admin
Last updated: September 20, 2022 12:40 pm
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bwatangaje ko bwigije inyuma inama y’inteko rusange y’abanyamuryango yari iteganyijwe mu mpera z’iki Cyumweru.

Ibaruwa yigiza inyuma Inteko rusange

Biciye mu mbuga nkoranyambaga z’ikipe, ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bwasohoye Itangazo rivuga ko bwigije inyuma inama y’inteko rusange yagombaga kubuhuza n’abanyamuryango bayo.

Muri iri tangazo, bavuze ko iyi nteko rusange yagombaga kuba ku wa Gatandatu tariki 25 Nzeri 2022, yigijwe inyuma igashyirwa tariki 1 Ukwakira 2022 saa tatu za mu gitondo ku Igitego Hotel i Remera.

Abanyamuryango bose b’iyi kipe batumiwe muri iyi nteko rusange, mu gihe mbere bari basabwe kubanza kwishyura ibirarane byose by’imisanzu babereyemo ikipe.

Perezida wa Kiyovu, Mvukiyehe Juvénal niwe wasinye ku itangazo ryimura inteko rusange
Kiyovu Sports yo ibitse amanota icyenda mu mikino itatu ya shampiyona imaze gukinwa
Abanyamuryango ba Kiyovu Sports bose batumiwe

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?