BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, May 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Kivu y’Amajyepfo: M23 yongeye ihanura drone ya FARDC

Kivu y’Amajyepfo: M23 yongeye ihanura drone ya FARDC

sam
Last updated: May 15, 2025 8:53 am
sam
Share
SHARE

Kuva ku munsi w’ejo imirwano ihanganishije ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa FARDC n’umutwe wa M23 mu gace ka Kaziba muri Kivu y’amajyepfo.

Amakuru dukesha imboni za Bingwa avuga ko muri iyi mirwano abarwanyi b’umutwe wa M23 bahanuye indege itagira abapilote (Drone) yo mu bwoko bwa CH4 ya FARDC mu masaha ya saa munani z’ijoro.

Biravugwa ko iyi Drone ishobora kuba yari iyobowe n’ababiligi baje gufasha leta ya Kinshasa mu rugamba bahanganyemo n’umutwe wa M23 ukomeje kubafatana ibice bitandukanye byo mu burasirazuba bwa Congo (DRC).

Iri raswa ry’iyi Drone ni igihombo gikomeye kuri Kinshasa kuko ihagaze miliyoni zisaga 4 z’Amadolari, ifite ibiro 300 ndetse ifite ubushobozi bwo kumara amasaha 40 iri mu kazi, ifite ubushobozi bwo gutwara amakompora apima ibiro 345.

Ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu kandi humvikanye imirwano no mu tundi duce tw’intara ya Kivu y’amajyepfo turimo Tchofi na Kasheke muri Teritwari ya Kalehe, ndetse no mu twa Kabamba na Mabingu two muri Teritwari ya Kabare.

Ni imirwano ikomeje mu gihe DRC na AFC/ M23 bemeranyije agahenge mu biganiro by’i Doha.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

DRC: Kabila yagiranye ibiganiro n’abanyamadini

Uwahoze ari Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, ari…

Hatangajwe itariki y’Ibirori byo kwita  Abana b’Ingagi izina

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko umuhango ngarukamwaka wo Kwita Izina abana…

Marocco n’u Rwanda bigiye guhanganira kwakira Formula 1

Marocco n’ u Rwanda kimwe n’Afurika y’epfo ni bimwe mu bihugu bigiye…

Gen Mubarakh Muganga na bagenzi be bo muri Afurika bahuriye muri Kenya

Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yitabiriye inama y’abagaba bakuru…

Museveni ahamya ko Leta ya RDC ifite uruhare mu mutekano wazambye

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yahamije ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Amnesty International yashinjije AFC / M23 ibyaha by’intambara bikorerwa  abasivili mu burasirazuba bwa DRC

2 Min Read
Umutekano

Afurika y’Epfo yahakanye amakuru y’uko u Rwanda ruzambura abasirikare bayo intwaro bwite

1 Min Read
Umutekano

AFC/M23 yatabarije Abanyamurenge bakomeje gukorerwa jenoside

2 Min Read
Umutekano

DRC:  Umushahara w’abasirikare ba FARDC bari ku rugamba muri Kivu y’Amajyepfo waranyerejwe

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?