BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Feb 18, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Iyobokamana > Iby’urusengero rugurishwa bene rwo bavuze

Iby’urusengero rugurishwa bene rwo bavuze

admin
Last updated: April 8, 2024 9:59 am
admin
Share
SHARE

Itorero Ebenezer Rwanda  ryanyomoje amakuru yavugaga ko urusengero rwa yo  ruherereye mu Murenge wa Kinyinya mu Kagari ka Kagugu mu Mudugu wa Giheka, ruri  ku isoko.

Urusengero rwa Ebenezer Rwanda ruri iGiheka byavugwgaga ko rugurishwa

Hashize  iminsi  by’umwihariko ku mbuga nkoranyambaga hari amakuru avuga ko urusengero rw’iri torerero rugurishwa miliyoni 400Frw, ibintu bitamenyerewe mu Rwanda.

Mu itangazo  iri torero ryashyize hanze kuwa 29 Ukuboza 2022, rivuga ko urusengero rw’itorero Ebenezer rutagurishwa nk’uko byari byatangajwe.

Umuyobozi wa Ebenezer Rwanda,Rev Nkundabandi Jean Damascene,yavuze ko amakuru yatangajwe ko  ruri kugurishwa ari ibinyoma, byakozwe n’abarwanya umurimo w’Imana kuri Ebenezer Rwanda Giheka ku bw’inyungu zabo bwite.

Uyu muyobozi yashimangiye ko nta hantu na hamwe hari urusengero rwabo rugurishwa,asaba abakirisitu kudakuka umutima.

Yagize ati ”Nta hantu na hamwe Ebenezer Rwanda ifite urusengero igurisha, ku bw’izo mpamvu turasaba abakirisitu bahungabanyijwe n’ibyo bihuha kugira ihumure, bagakomeza gukora umurimo  w’Imana bisanzwe.”

Uru rusengero ruri ku buso bungana na metero kare 3200, rufite ubushobozi bwo kwakira abasaga igihumbi na ‘parking’ ijyamo imodoka 200 kandi hari n’andi mazu mato ari ku ruhande.

Ebenezer Rwanda Church ni umuryango w’ivugabutumwa watangiye mu 2011.

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Imirwano yahinduye isura mu nkengero za Point Zero

Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu bice bya Minembwe,…

Wazalendo basubiranyemo babiri bahasiga ubuzima

Intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zikomeje guhindura…

Imyigaragambyo ku Kibuga cy’Indege cya Nairobi yatumye indege zitinda

Imyigaragambyo y’abakozi ku kibuga cy’indege gikuru cya Kenya, giherereye mu murwa mukuru…

Inyubako y’ubucuruzi mu Mujyi wa Gisenyi yahiye irakongoka n’ibyarimo byose

Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako iherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka…

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

Umunyamakuru Ndayishimiye Reagan uzwi nka Rugaju Reagan yasabye imbabazi ku butumwa yagaragayemo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

2 Min Read
Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Politike

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

2 Min Read
Politike

Uganda: Umudepite wa NUP ya Bobi Wine yatawe muri yombi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?