BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Kim Kardashian yagejejwe mu nkiko

Kim Kardashian yagejejwe mu nkiko

sam
Last updated: February 21, 2025 10:16 am
sam
Share
SHARE

Umunyamideli Kim Kardashian yagejejwe mu nkiko n’umugabo witwa ‘Ivan Cantu’, umushinja gukoresha ifoto ye amwitiranya n’imfungwa yakatiwe igihano cy’urupfu.

Muri Gashyantare 2024, nibwo Kim Kardashian yifashishije Instagram ye yandika asaba abantu ko bakorera ubuvugizi ifungwa yitwa ‘Ivan Cantu’ yakatiwe igihano cy’urupfu kikavaho, gusa yaje kwibeshya akoresha ifoto itari iye bitewe n’uko bose bahuje amazina.

Uyu mugabo ‘Ivan Cantu’, yavuze ko uku gukoresha ifoto ye byatumye abantu bamwanga binamukomeretsa bikomeye mu buryo bw’amarangamutima.

Avuga ko uko kwibasirwa n’abantu byatumye atangira kubura ibitotsi, akaribwa umutwe, kugira inzozi mbi n’ibindi bitandukanye byatumye yitabaza abaganga.

Umunyamategeko wa Kim Kardashian, Micheal Rhodes, yabwiye TMZ ko ako ari agakosa gato kabayeho kandi ko nyuma yo kumenya ko habayeho ikosa ifoto yahise ikurwaho.

Yavuze ko bifuzaga ko ibyo babikemura bitarinze kugera mu nkiko ariko kuva ari bwo buryo bahisemo, agomba kurwana kuri Kim Kardashian.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rihanna yahishuye ko atwite inda y’umwana wa gatatu

1 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Evariste Ndayishimiye yongeye kuvuga ko u Rwanda rufite umugambi wo gutera igihugu cye

2 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Museveni yateye inkunga igitaramo cya The Ben i Kampala

1 Min Read
Imyidagaduro

CNN yashinjwe guhindura amashusho ya Diddy akubita Cassie bahoze bakundana

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?