BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jun 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Kigali: Abantu 13 bakekwaho kwiba abaturage batawe muri yombi

Kigali: Abantu 13 bakekwaho kwiba abaturage batawe muri yombi

sam
Last updated: June 11, 2025 2:55 pm
sam
Share
SHARE

Polisi y’Umujyi wa Kigali yatangaje ko ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage, yafashe abantu 13 bakekwaho ubujura mu Turere twa Nyarugenge na Gasabo mu Mujyi wa Kigali.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Wellars Gahonzire, yatangaje ko aba bantu bafashwe kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Kamena 2025, nyuma yo kujujubya abaturage.

CIP Gahonzire, avuga ko ibikorwa byo gushakisha abandi bakoranaga n’abakekwaho ubujura, bigikomeje .

Kugeza ubu abafashwe bafungiye kuri sitasiyo ya Mgeragere na Ndera.

Polisi y’u Rwanda yihanangirije abantu bose bishora mu bikorwa by’ubujura kubireka kuko ngo batazihanganirwa.

Ishishikariza abaturage gukomeza gutanga amakuru igihe hari abo baziho ibikorwa by’ubujura, inibutsa abaturage kujya batanga ikirego igihe bibwe kugira ngo abibye bafatwe.

Polisi y’ u Rwanda ikomeza yizeza abaturarwanda umutekano wabo usesuye ndetse n’ibyabo.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’

Ingabo z’u Burusiya zashyizeho itsinda ry’Igisirikare ryihariye, rishinzwe gukoresha ’drones’ no gukurikirana…

RDC: Abantu 32 baguye mu mpanuka y’ubwato

Abantu babarirwa muri 32 baguye mu mpanuka y’ubwato bubiri bwari butwaye abagenzi…

Amajyaruguru: Abakora n’abacuruza inzoga z’inkorano bahagurukiwe

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yatangaje ko iyo ntara n’iy’Iburengerazuba zigiye guca…

Israel yivuganye abasirikare  bakuru ba Iran mu gitero simusiga yabagabyeho

Kuri uyu wa Gatanu mu masaha y'urukerera, Israel yagabye igitero gikomeye kuri…

Umwongereza ukomoka mu Buhinde niwe  niwe mugenzi wenyine  warokotse impanuka y’ indege ya AirIndia

Umugabo w'Umwongereza ukomoka mu Buhinde yagenze n'amaguru ava mu bisigazwa by'indege ya…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Abapolisi 140 bamaze umwaka muri Santrafurika bagarutse mu Rwanda

2 Min Read
Mu Rwanda

Menya amavugurura agiye kuba mu rwego rw’uburezi bw’u Rwanda

3 Min Read
Mu Rwanda

U Rwanda rugiye kuyobora CEEAC

3 Min Read
Mu Rwanda

Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?