BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 17, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Kamonyi: Umurambo w’umukecuru w’imyaka 69 wasanzwe mu mugezi 

Kamonyi: Umurambo w’umukecuru w’imyaka 69 wasanzwe mu mugezi 

admin
Last updated: November 15, 2022 3:16 pm
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kayumbu buvuga ko bwasanze umurambo w’umukecuru witwaga, Mukantabana Agnès mu mugezi uhuza Umurenge wa Kayumbu n’uwa Musambira.

Akarere ka Kamonyi ni mu ibara ritukura cyane

Ahagana saa kumi n’ebyeri z’igitondo  cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 15 Ugushyingo, 2022 nibwo abaturage  bamenyesheje ubuyobozi bw’Umurenge ko babonye umurambo wa Mukantabana Agnès w’imyaka 69 y’amavuko mu mazi.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kayumbu, Niyobuhungiro Obedy yabwiye UMUSEKE ko  amakuru bahawe n’abaturage avuga ko uyu mukecuru yavuye iwe mu rugo ejo hashize ku wa Mbere, saa kumi n’ebyeri z’umugoroba, agiye gusura uwitwa Karangwa Emmanuel baramutegereza ntiyagaruka.

Gitifu Niyobuhungiro avuga ko babonye atagarutse bajya kumureba aho kwa Karangwa babahakanira ko atigeze ahagera.

Yagize ati: “Birakekwa ko hari abamwishe baza kumujugunya mu mugezi bashaka kuyobya uburari.”

Gusa yavuze ko inzego z’ubugenzacyaha zatangiye gukora iperereza kugira ngo hamenyekane icyaba cyamwishe.

Yashimiye abaturage batanze ayo makuru, asaba n’abandi ko aho babonye ubugizi bwa nabi cyangwa ibikorwa by’urugomo bajya batungira agatoki inzego z’umutekano kugira ngo ababigizemo uruhare bahanwe.

Mukantabana Agnès yari atuye mu Mudugudu wa Buramba mu Kagari  ka Busoro mu Murenge wa Kayumbu, umurambo we ukaba wajyanywe mu Bitaro bya Remera Rukoma.

MUHIZI ELISÉE
UMUSEKE.RW/Muhanga.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Santarafurika: Amb Kayumba yagiranye ibiganiro n’aba ofisiye ba RCS

Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Olivier Kayumba, yagiranye ibiganiro n’ Abakozi b’Urwego…

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

Imiryango itari iya Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahagurutse iri…

Agakoriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro

Umujyi wa Kigali watangaje ko ibikorwa by’ububaji n’ibindibyakoreraga mu Gakiriro ka Gisozi…

Min Olivier Nduhungirehe Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we waTurkmenistan  

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwwrerane w'u Rwanda Olivier Nduhungirehe yagiranye ikiganiro kuri Telefone…

U Rwanda ruritegura kwakira inama ikomeye ya OIF

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rufite ikizere cy’uko amasezerano rwasinyanye na DRC azatanga umusaruro

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?